Izamuka ry'ubukungu muri Tanzaniya rirerekana ko izamuka ry'ubukungu mu Rwanda ari baringa!
Kuri uyu wa kane taliki ya 4 Nyakanga 2019, Umwicanyi ruharwa Paul Kagame arizihiza imyaka 25 ishize abohoje u Rwanda n'abanyarwanda! Muri iyo myaka yose, ibihugu bikomeye ku isi birimo Amerika (USA) n'Uburayi byakomeje gushyigikira umwicanyi Kagame mu...