Ibaruwa y'impuruza ya «MRD ya Rubanda» muri Loni ku itegurwa rya jenoside mu Rwanda na FPR-Kaga
[Ndlr: Muri ibi bihe isi yose iri mu minsi mikuru yo gusezerera umwaka w'2024 no kwinjira mu mwaka mushya w'2025; umutima w'abaturage bo mu karere k'ibiyaga bigari, cyane cyane Abanyarwanda n'Abacongomani bo mu burasirazuba bwa Congo (RDC) ntabwo uri...