Iterabwoba rya perezida Donald Trump ku gihugu cya Irani rikomeje kongera impungenge z’umutekano mucye mu Burasirazuba bwo hagati.
Nk’uko byatangajwe n’ikinyamakuru Le Monde, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z'Amerika, Donald Trump, yongeye kuzamura ku rwego rwo hejuru ubushyambirane n'umwuka w'intambara igihugu cye gihanganyemo na Irani, aho yavuze ko ashobora gusenya ibikorwa remezo...