Ibaruwa ifunguye ya MRD kuri UNHCR ku karengane k'impunzi n'abanyekongo bari kujyanwa mu Rwanda ku ngufu bikozwe na RDF/M23!
/image%2F1046414%2F20250521%2Fob_d7ff4f_m23-iri-kujyana-ku-ngufu-mu-rwanda-imp.jpg)
Muvoma ya Rubanda Iharanira Repubulika na Demokarasi (MRD) Washington, 20 Gicurasi 2025. Kuri Nyakubahwa Filippo Grandi Umuyobozi Mukuru w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR) i Genève, mu Busuwisi Impamvu: Gutabariza impunzi z’Abanyarwanda...