Ese ni ubuhanuzi buri gusohora ? Amerika yafunze inzira zose z'ubucuruzi bwa zahabu y’u Rwanda kimwe n’iyo isahura muri Congo itunganywa n’uruganda rwa «Gasabo Gold Refinery»!
Washington – Ku wa 25 Kamena 2026 , kuri iyi taliki, i biro bishinzwe kugenzura umutungo w'amahanga (OFAC) muri Minisiteri y'Imari ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika byafatiye ibihano uruganda rwa « Gasabo Gold Refinery Ltd, abayobozi barwo ndetse n'ibindi...