Urujijo rw’umutekano mucye mu muyoboro wa Ormuz: mu munsi umwe, nibura amato abiri ya peteroli yagabweho ibitero bikomeye.
Nyuma y’aho ibihugu by’inshuti z’Amerika biri ku mugabane w’Aziya n’Uburayi bishyize igitutu kuri perezida Donald Trump bimusaba gufungura inzira ya Ormuz, ibintu byongeye gufata indi ntera muri iki gitondo mu gace ka Ormuz, aho byibura amato abiri atwara...