«Donald Trump » yatangaje ko Irani yemeye gufungura umuyoboro wose wa Ormuz kandi igaha Amerika iraniyumu ifite ! Ese ibi yavuze ni ukuri ?
Muri iki gihe Isirayeli yemeye guhagarika imirwano muri Libani, ibintu byatangiye gufata indi sura mu karere k’Uburasirazuba bwo Hagati. Nk’uko byatangajwe na televiziyo LCI iri mu Bufaransa, Irani yemeye gufungura umuyoboro wose wa Ormuz, ariko yongeraho...