Igihugu cy'u Burundi kirabeshyuza ko nta tsinda ririho rihuza icyo gihugu n'u Rwanda mu gukora iperereza ku mirambo iboneka mu kiyaga cya Rweru!
Umuyobozi w’intara ya Muyinga Aline Manirabarusha yabwiye abanyamakuru ati : « mu byukuri nta tsinda twashyizeho dufatanyije n’u Rwanda ryo gukora iperereza ku nkomoko y’iyi mirambo, ariko muri aka kanya icyo turimo dukora ni ugukomeza iperereza. Turimo...