Mu Rwanda,igihano cy'urupfu cyakuweho ku nzego z'ubutabera , gihabwa inzego z'umutekano !
Gihamya zihagije zerekana ko Perezida Kagame yakuyeho ububasha ku nzego z’ubutabera bwo gutanga igihano cy’urupfu, akabuha inzego z’umutekano! Hashize iminsi nsoma amakuru asohoka mu binyamakuru byo mu Rwanda, asa n’aho ataka iki gihugu ko cyakuyeho igihano...