Amerika (USA) na RDC bategereje itangazo rya Kigali ryo gukura RDF/M23 muri Congo !
Ku cyumweru taliki ya 19 no kuwa mbere taliki ya 20 Ugushyingo (11) uyu mwaka, umuyobozi ushinzwe ubutasi wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika (USA), «Madame Avril Haines» yakoreye urugendo i Kigali mu Rwanda n’ i Kinshasa muri Repubulika ya demokarasi ya Congo...