BIDERI Joseph,Umuyobozi wa “The New Times” yatawe mu buroko kubera kunanirwa gucengeza amatwara ya Perezida Kagame.
Itohoza ikinyamakuru Umuvugizi kimaze gukora nyuma y’itabwa mu buroko rya Bideli Joseph, ryerekana ko yatawe muri yombi nyuma y’igihe gito gusa yari amaze gutangwaho raporo yamushinjaga kuba yari yarananiwe gucengeza amatwara ya FPR Inkotanyi. Agatsiko...