Ingabo z’u Rwanda zambuwe intwaro mu cyahoze ari Cyangugu.
Amakuru aturuka ahantu hizewe neza yemaza ko mu ijoro ryo ku wa Kabili tariki ya 20 Nyakanga 2011, ingabo z’u Rwanda ziba mu cyahoze ari Cyangugu mu Bugarama zambuwe intwaro n’abantu kugeza ubu bataramenyekana. Amakuru dufite avuga ko abasirikare b’u...