Mussa Fazil azajye kubeshya ahandi: nta hame rya commonwealth ribuza abantu gusoma ibinyamakuru.(leprophete.fr)
Mu nyandiko yiswe “ibivugirwa kuri telefoni na internet hemejwe ko bigiye kugenzurwa” yo kuwa 7 Kanama 2012 yahise ku rubuga igihe.com rwigaragaza nk’umuyoboro w’ibitekerezo bya Leta y’ U Rwanda, havugwa ko Ministri w’umutekano yateguye umushinga w’itegeko...