Perezida Kagame yatangiye rugamba rwo gusiba ibimenyetso kw’iraswa ry’indege ya Perezida Juvenal Habyarima
/idata%2F4073476%2F039-attanta-Habyara.png)
Nyuma y'aho ikibazo cy'iraswa ry’indege y'uwahoze ari Perezida w’u Rwanda Juvenali Habyarimana kibereye ingorabahizi kuburyo gikomeje gutera umwuka mubi hagati y’Ubufaransa n’u Rwabda, dore ko diplomasi hagati y’ibihugu byombi yangiritse ku buryo bugaragarira...