RDI Rwanda Rwiza "tuje guca politiki ya :Humiriza nkuyobore".
/idata%2F4073476%2FMbonigaba-copie-1.png)
Nyuma y’aho hashyizweho ku mugaragaro inzego z’ishyaka RDI-RWANDA RWIZA tariki ya 28 Mutarama 2012, twaganiriye na Ismaïl Mbonigaba, akaba ayoboye itsinda ry’Itangazamakuru n’Itumanaho muri RDI Rwanda Rwiza. Yasubije ibibazo yabajijwe na Marc Matabaro...