Kigali: LDGL iratangaza ko mu Rwanda hari ibibazo mu butabera, muri politiki na sosiyete sivile ,igihugu gisa nikicaye ku kirunga gishobora guturika isaha iyo ariyo yose!
/http%3A%2F%2Fnews.igihe.org%2Fimages%2Fnews%2Fresized%2Fqau2SpI.jpg)
nkuko amakuru atangazwa n'igihe abivuga uyu mu ryango nawo ugaragaje ibitagenda mu Rwanda n'akaga abaturage barimo, buriya ubutegetsi bwo mu Rwanda burahita buwushinja ingengabitekerezo cyangwa se ko ufatanyije n'abanzi b'ibigihugu! Nyamara abantu barebye...