Rwanda :Ibitaramo by’abahanzi bashyigikiwe na leta ya Paul Kagame mu bihugu binyuranye, bihatse iki ?

Publié le par veritas

intore zirashishikarizwa kujya gutaramira abanyarwanda baba mu mahanga leta ya Kagame yita "abanzi b'igihugu"!

intore zirashishikarizwa kujya gutaramira abanyarwanda baba mu mahanga leta ya Kagame yita "abanzi b'igihugu"!

Nyuma y’uko Leta ya Kagame iboneye ko itekinika ryayo ryo gukururira abantu mucyo yise «Rwanda Day» nta musaruro bitanga,cyane ko burya abenshi muri «Rwanda Day» baba ari abaturutse mu Rwanda kandi bazanywe ku ngufu,kuko batoranywa kandi bagategekwa kwirihira ibizabagendaho byose,ikindi kandi iyo « rwanda Day » ikaba yitabirwa n'abigize inkomamashyi za Kagame zizwi ku izina "intore"gusa ;Ubu bahinduye umuvuno ngo barebe ko babona n'impunzi n'abandi banyarwanda bikorera utwabo baba mu mahanga babakuruje ibitaramo by'imiziki!
Mutekereze namwe, kuba hari ibigo by’amashuri byabaye bifunze imiryango kubera kubura ibiribwa byo kugaburira abanyeshuri ; hari abakozi bamaze amezi 6 badahembwa n’ibindi, ariko iyo leta itagira impuhwe ikajya gutegura ibitamo by’imiziki byo kuzenguruka isi yose! Ngaho muri : Mozambique-Zambia-Congo Brazzaville-Kenya-Ububiligi-Leta Zunze Ubumwe z'Abarabu-Ubwongereza-Canada-Leta zunze ubumwe z'Amerika no muri Australia! Muratekereza ko ibyo bitaramo ari impuhwe zifitiwe abo banyarwanda baba muri ayo mahanga?
Usibye no kuba ari amayeri yo kubona uburyo iyo leta inyanyagiza za DMI,amarozi nibindi...ni n'uburyo bwo kubona amasura y'abanyarwanda bahunze,kuko bashobora kubafata amafoto ndetse n’amashusho bakajya kubyifashisha mu guhiga abo banyarwanda b’impunzi bita abajenosideri ! Leta  ya Kigali yifashisha amafoto n’amashusho y’abanyarwanda bayihunze baba bitabiriye ibyo bitaramo kugirango ibone uburyo bwo kubagambanira no kubagirira nabi mu bihugu batuyemo! Ba nyarwanda mwumva ko muri impunzi koko,mwibagiwe uwabaciye mu rwababyaye? Mwibagiwe imbaraga amaze iminsi akoresha ngo muhagarikirwe ubuhunzi? Mwibagiwe bagenzi banyu ahitana hirya no hino aho bamuhungiye? Izo mpuhwe zo kuza kubataramira azikuye he? Aho wenda ntimushobora kuba aka "Mutimamuke wo mu rutiba?"
Ejobundi Ambassade y'u Rwanda muri Mozambique yakubise igihwereye mu bikorwa yari yateguye byo kwibuka ; nkuko byitabiriwe n'abantu bake cyane bigatuma banabikora umunsi umwe mu gihe hari hateganyijwe iminsi ibiri,twizere ko i Maputo kuri uyu wa 24 Kamena ariko muzongera kubigenza. Erega ni n'uburyo bwiza bwo kwereka Kagame ko mutishimiye ibikorwa bye! Yice impunzi i Kiziba, nyuma  aze kubyinira izo muri Mozambique, Lusaka n'ahandi!!! 
Murarye muri menge!!!
Umusomyi wa « veritasinfo.fr »
Pour être informé des derniers articles, inscrivez vous :
Commenter cet article
D
Grand marabout et prêtre des sorciers vaudou au bénin, voyant et roi des vaudou, spécialiste des problèmes de couple et de tout travaux occulte vaudou, vous qui avez des problèmes sans aucun résultat, une voyance claire et gratuite de papa Dossou qui vous aide à résoudre tous vos problèmes rapide et définitif, rituel de retour affectif très rapide en 7 jours, retour affectif le plus efficace de votre aimé, quelque soit votre situation, problèmes de mariage,déception amoureuse, infidélité entre époux, mettre fin à la divorce, protection contre la sorcellerie et les mauvais sorts, vous vous sentez menacer par votre entourage, problèmes avec votre patron, votre patron vous a renvoyer de service, avoir plus de chance dans les affaire, devenir riche par la puissance vaudou, protection contre les mauvais esprits, vous ne vous sentez par aimer par les autres, vous cherchez un travail urgent, Contactez moi pour tous vos problèmes et vous serez satisfaire au plus vite.<br /> CONTACT MAITRE DOSSOU<br /> E-mail : dahvaudounon@live.fr<br /> Tel / whatsapp : +229 68 60 11 72<br /> Site web: www.medium-voyant-retour-affectif.com<br /> https://sites.google.com/site/retouraffectifrapideetpuissant/
Répondre
A
Ndaakunda urwanda n'igihugu gifite amahoro kikagira n'imbaraga zokwica interahamwe koko Ndagukunda KAGAME cyaaaane
Répondre
J
Vanaho uwo muteto. baba bakwitumwe bakakuroga, ukajya guteta aho ngaho. Ntuzi uburozi icyo bivuga.<br /> Cyangwa uri intore ishaka kwuma irituvamo?<br /> Ibigoryi gusa.
Répondre
U
Ayo niyo makury yange nabagezagaho. Uburozi narabuhawe nagize Imana ndabukira.
U
Inkuru yange uko narogewe muri Amerika.<br /> Umugore wumututsi yarandebye ati ariko wowe Mwana wiwacu ko wakuriye hano muri Amerika ubwo uzi uko ibiryo byo mu rwanda biryoha byatetswe numunyarwanda, nange nti Oya. Ati ngwino nge kuguha Isombe ivanzemo inyama zihene wumve ukuntu biryoha cyane. Naremeye ndagenda arabimpa hageretseho umuceli byari biryoshye pe ! Narabiriye cyane ndahaga. Ngarutse imuhira mwijoro natangiye kubabara munda cyane, ndaribwa munda bikomeye cyane kandi ariko mbyimba inda kugeza mugitondo birakomeza mbona ko ngiye gupfa byanze bikunze kuko kumunsi wakurikiyeho munda hajemo ububabare buvanzemo numuriro utwika nibwo nibutseko nshobora kuba byabiryo nariye byarimo uburozi nahise nywa imiti ivura uburozi mpita ngura nindi miti ivura uburozi kuri Internet byihutirwa nahise nandika nti ( emergency shipping by expedition).<br /> Bahise bayohereza kuho ntuye mumasaha make cyane yari yangezeho. Ibi nabishoboye kuko nari mfite amafranga yo kuyigura nzi aho kuyigurira, mfite Bank, Kandi nzi uko bikorwa byose bisaba kubimenya. Umuntu utazi ibyo byose ahita apfa. Uburozi bwabo batutsi bwica vuba cyane kandi kuvurwa ubwo burozi ntibyoroshye burakaze cyane. Ubu narakize ariko iyo mbonye umunyarwanda wese hano muri Amerika mpita nibuka. Ubu about batutsi basigaye bakoresheje Abahutu bibisahira nda byinda nini yabarenze. Abatutsi nibabi cyane, inkotanyi ni abagome cyane.<br /> <br /> Mutima mucye ube wumvise, ejo ntuzarogwe nuwo ariwe wese nicyo yakwitwaza icyo aricyo cyose. Kuramukanya nabyo ubicikeho uramukanya nizo nkoramaraso zuzuye Amerika nuburayi ikibagenza nukwica, kuroga no kurimbura ikitwa umuhutu w'umunyarwanda.
Répondre
U
Umusajya wavuye UGANDA nta muco agira mu RWANDA. umuco we ni gusambana,kwicana,kuroga.kugambana........mu RWANDA nta muco uhaba...ntawo kereka genocide no gusambana na BWAKI yatumye abana bagwingira
Répondre
F
U Rwanda ruri mu bihugu 20 bya nyuma bikennye ku isi. Kuba rurwaje bwaki ni ibintu byumvikana:<br /> <br /> https://www.gfmag.com/global-data/economic-data/the-poorest-countries-in-the-world?page=12
Répondre
F
@Fundi, uvuze ukuli rwose. RWANDA irakennye cyane. None kuki itabyemera? kuki irwanya abahutu bajya UGANDA guhunahuna bashaka icyo kurya?
F
umuco wo ntawo. aya ni amayeri yo kwica ,kuroga abo batavuga rumwe. Niba koko bashaka ko abantu bamenya umuco nyarwanda: nibambare impuzu, bambare ibirere; berekane ibiryo byabo gakondo. Banywe ya mata yabo, bakoreshe imbehe....naho ibi SI UMUCO NYARWANDA.NI UKWIGANA ABAHINDE.Mbes eubundi mu Rwanda mufite uwuhe muco? URETSE KWICANA GUSA!!!!! NO GUSAMBANA!!
Répondre
A
NTUMUZAJYA KWIKOZA ISONI MUZAREKE ABATAYE UMUTWE - IZO NGURUBE aka M7
H
Ariko ibi twihaye ngo ni UMUCO mubona bidateye isesemi ?<br /> <br /> Umyenda (tissus en coton) ya mbere yageze mu Rwanda, izanywe n’Abarabu, n’Abahinde, n’Abazungu.<br /> <br /> Kandi si kera.<br /> <br /> Mbere abantu bambaraga IMPU. No kwambara ibirere byaje nyuma, kuko urutoki (bananeraie) byaje nyuma.<br /> Ibijumba byo byazanywe n’Ababiligi, babikuye Uganda, igihe RUZAGAYURA yari yamaze abantu. Mu Rwanda, nta bijumba, nta birayi byahabaga.<br /> <br /> Iyo mbonye rero Abagabo bakenyeye, muri gahunda yo kubeshya Abahinde, njye numva binteye isesemi.<br /> Niba ari umuco, bambare IMPU. Ntimurabona dances zoulou, changwa danses zo muri Afrique occidentale ?<br /> <br /> Ngaho reba umudiho, reba UMUCO, GAKONDO:<br /> <br /> https://www.youtube.com/watch?v=1HQeMbxUJ2Y
Répondre
F
umuco wo ntawo. aya ni amayeri yo kwica ,kuroga abo batavuga rumwe. Niba koko bashaka ko abantu bamenya umuco nyarwanda: nibambare impuzu, bambare ibirere; berekane ibiryo byabo gakondo. Banywe ya mata yabo, bakoreshe imbehe....naho ibi SI UMUCO NYARWANDA.NI UKWIGANA ABAHINDE.Mbes eubundi mu Rwanda mufite uwuhe muco? URETSE KWICANA GUSA!!!!! NO GUSAMBANA!!
R
None se ko tuzaba twayashese muri Arsenal FC -> Rwanda: Hakenewe miliyari 24 buri mwaka yo kurwanya igwingira mu bana<br /> <br /> Impuguke za Banki y’Isi nyuma y’ikegeranyo ku miterere y’ubukungu bw’u Rwanda zashyize ahagaragara, zatangaje ko hakenewe buri mwaka 27 zisaga z’amadolari y’Amerika, ahwanye na miliyari ziRwanda: Hakenewe miliyari 24 buri mwaka yo kurwanya igwingira mu banasaga 24 z’amafaranga y’u Rwanda, agamije gufasha mu bikorwa byo kurwanya ibibazo by’igwingira mu bana bakiri bato, kuko basanga ari ikibazo kidindiza iterambere.<br /> Mu kiganiro yatanze ubwo hamurikwaga ikegeranyo cya 12 ku miterere y’ubukungu bw’u Rwanda, Umuyobozi muri Banki y’Isi ushinzwe gahunda z’Afurika, Dr Gandham Nv Ramana, ashingiye ku buremere bw’ikibazo k’igwingira ubu kigeze kuri 38%, asanga u Rwanda rukeneye miliyoni 27.3 z’ amadolari y’Amerika buri mwaka mu gihe k’imyaka icumi, agamije gufasha kongera ibirebana no kuvugurura urwego rw’imirire.<br /> Dr Gandham Nv Ramana yagize ati “Miliyoni 27,3 z’amadolari y’Amerika mu gihe k’imyaka 10 ni yo u Rwanda rukeneye mu kurandura ikibazo cyo kugwingira mu bana”.<br /> Yakomeje avuga ko ayo mafaranga yafasha mu bikorwa byo kugabanya igwingira mu bana, aho nibura abagera ku bihumbi 200 bafashwa, ndetse na miliyoni imwe n’igice ku bagore babura amaraso. Bityo, Leta ikwiye gufata ingamba, zirimo gushishikariza inzego zitandukanye hitabwa ku ikubitiro ku bana bari munsi y’imyaka 2.<br /> Umuyobozi w’Ikigo mbonezamikurire mu Rwanda ECD, Dr Anita Asiimwe, avuga ko nubwo igwingira ari ikibazo kitararangira burundu, hari ibyakozwe kuko cyagabanyutse ubu kikaba kigeze kuri 38%, avuga ko ntacyo Leta yageraho yonyine itari kumwe n’abafatanyabikorwa kandi ko politiki y’u Rwanda yo gushyiraho ibigo mbonezamikurire yagabanyije cyane ikibazo.<br /> Ati “Kubera politike nziza, hari intambwe yatewe, abasabwa kugira uruhare kugabanya igwingira mu bana, nta bwo ababyeyi bakwirengagizwa, harimo na za Minisiteri nk’iy’Uburezi, Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu, Minisiteri y’Ibikorwa Remezo, Minisiteri y’Ubuzima n’izindi”.<br /> Yassel El-Gammal uhagarariye Banki y’Isi mu Rwanda, avuga ko nubwo ibibazo byo kungwingira mu bana b’Abanyarwanda ntacyo Leta itakoze, kandi asanga hari n’ibindi bigikenewe gukorwa, cyane ko ari ikibazo kugeza ubu kireba n’ibindi bihugu by’Afurika.<br /> Aghassi Mkrtchyan imwe mu mpuguke za Banki y’Isi zateguye iki kegeranyo, avuga ko kugeza ubu ubukungu bw’u Rwanda bushingiye ku mpinduka mu musaruro w’ubuhinzi mu mwaka wa 2017 wazamutse kuri 6.1%, ari bimwe mu byagira uruhare mu kurwanya ikibazo cyo kugwingira mu bana.<br /> Imvahonshya
Répondre
G
NIBAJYE GUHUNAHUNA UGANDA RERO!
N
harya ngo RWANDA yateye imbere? watera imbere ute ufite umubare munini w'abana bagwingiye? inyenzi nta kiza zazaniye u RWANDA. kwirwa barandura imyaka y'abaturage. bareke bose bigire UGANDA
R
None se ko tuzaba twayashese muri Arsenal FC -> Rwanda: Hakenewe miliyari 24 buri mwaka yo kurwanya igwingira mu bana<br /> <br /> Impuguke za Banki y’Isi nyuma y’ikegeranyo ku miterere y’ubukungu bw’u Rwanda zashyize ahagaragara, zatangaje ko hakenewe buri mwaka 27 zisaga z’amadolari y’Amerika, ahwanye na miliyari ziRwanda: Hakenewe miliyari 24 buri mwaka yo kurwanya igwingira mu banasaga 24 z’amafaranga y’u Rwanda, agamije gufasha mu bikorwa byo kurwanya ibibazo by’igwingira mu bana bakiri bato, kuko basanga ari ikibazo kidindiza iterambere.<br /> Mu kiganiro yatanze ubwo hamurikwaga ikegeranyo cya 12 ku miterere y’ubukungu bw’u Rwanda, Umuyobozi muri Banki y’Isi ushinzwe gahunda z’Afurika, Dr Gandham Nv Ramana, ashingiye ku buremere bw’ikibazo k’igwingira ubu kigeze kuri 38%, asanga u Rwanda rukeneye miliyoni 27.3 z’ amadolari y’Amerika buri mwaka mu gihe k’imyaka icumi, agamije gufasha kongera ibirebana no kuvugurura urwego rw’imirire.<br /> Dr Gandham Nv Ramana yagize ati “Miliyoni 27,3 z’amadolari y’Amerika mu gihe k’imyaka 10 ni yo u Rwanda rukeneye mu kurandura ikibazo cyo kugwingira mu bana”.<br /> Yakomeje avuga ko ayo mafaranga yafasha mu bikorwa byo kugabanya igwingira mu bana, aho nibura abagera ku bihumbi 200 bafashwa, ndetse na miliyoni imwe n’igice ku bagore babura amaraso. Bityo, Leta ikwiye gufata ingamba, zirimo gushishikariza inzego zitandukanye hitabwa ku ikubitiro ku bana bari munsi y’imyaka 2.<br /> Umuyobozi w’Ikigo mbonezamikurire mu Rwanda ECD, Dr Anita Asiimwe, avuga ko nubwo igwingira ari ikibazo kitararangira burundu, hari ibyakozwe kuko cyagabanyutse ubu kikaba kigeze kuri 38%, avuga ko ntacyo Leta yageraho yonyine itari kumwe n’abafatanyabikorwa kandi ko politiki y’u Rwanda yo gushyiraho ibigo mbonezamikurire yagabanyije cyane ikibazo.<br /> Ati “Kubera politike nziza, hari intambwe yatewe, abasabwa kugira uruhare kugabanya igwingira mu bana, nta bwo ababyeyi bakwirengagizwa, harimo na za Minisiteri nk’iy’Uburezi, Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu, Minisiteri y’Ibikorwa Remezo, Minisiteri y’Ubuzima n’izindi”.<br /> Yassel El-Gammal uhagarariye Banki y’Isi mu Rwanda, avuga ko nubwo ibibazo byo kungwingira mu bana b’Abanyarwanda ntacyo Leta itakoze, kandi asanga hari n’ibindi bigikenewe gukorwa, cyane ko ari ikibazo kugeza ubu kireba n’ibindi bihugu by’Afurika.<br /> Aghassi Mkrtchyan imwe mu mpuguke za Banki y’Isi zateguye iki kegeranyo, avuga ko kugeza ubu ubukungu bw’u Rwanda bushingiye ku mpinduka mu musaruro w’ubuhinzi mu mwaka wa 2017 wazamutse kuri 6.1%, ari bimwe mu byagira uruhare mu kurwanya ikibazo cyo kugwingira mu bana.<br /> Imvahonshya
Répondre
R
None se ko tuzaba twayashese muri Arsenal FC -> Rwanda: Hakenewe miliyari 24 buri mwaka yo kurwanya igwingira mu bana<br /> <br /> Impuguke za Banki y’Isi nyuma y’ikegeranyo ku miterere y’ubukungu bw’u Rwanda zashyize ahagaragara, zatangaje ko hakenewe buri mwaka 27 zisaga z’amadolari y’Amerika, ahwanye na miliyari ziRwanda: Hakenewe miliyari 24 buri mwaka yo kurwanya igwingira mu banasaga 24 z’amafaranga y’u Rwanda, agamije gufasha mu bikorwa byo kurwanya ibibazo by’igwingira mu bana bakiri bato, kuko basanga ari ikibazo kidindiza iterambere.<br /> Mu kiganiro yatanze ubwo hamurikwaga ikegeranyo cya 12 ku miterere y’ubukungu bw’u Rwanda, Umuyobozi muri Banki y’Isi ushinzwe gahunda z’Afurika, Dr Gandham Nv Ramana, ashingiye ku buremere bw’ikibazo k’igwingira ubu kigeze kuri 38%, asanga u Rwanda rukeneye miliyoni 27.3 z’ amadolari y’Amerika buri mwaka mu gihe k’imyaka icumi, agamije gufasha kongera ibirebana no kuvugurura urwego rw’imirire.<br /> Dr Gandham Nv Ramana yagize ati “Miliyoni 27,3 z’amadolari y’Amerika mu gihe k’imyaka 10 ni yo u Rwanda rukeneye mu kurandura ikibazo cyo kugwingira mu bana”.<br /> Yakomeje avuga ko ayo mafaranga yafasha mu bikorwa byo kugabanya igwingira mu bana, aho nibura abagera ku bihumbi 200 bafashwa, ndetse na miliyoni imwe n’igice ku bagore babura amaraso. Bityo, Leta ikwiye gufata ingamba, zirimo gushishikariza inzego zitandukanye hitabwa ku ikubitiro ku bana bari munsi y’imyaka 2.<br /> Umuyobozi w’Ikigo mbonezamikurire mu Rwanda ECD, Dr Anita Asiimwe, avuga ko nubwo igwingira ari ikibazo kitararangira burundu, hari ibyakozwe kuko cyagabanyutse ubu kikaba kigeze kuri 38%, avuga ko ntacyo Leta yageraho yonyine itari kumwe n’abafatanyabikorwa kandi ko politiki y’u Rwanda yo gushyiraho ibigo mbonezamikurire yagabanyije cyane ikibazo.<br /> Ati “Kubera politike nziza, hari intambwe yatewe, abasabwa kugira uruhare kugabanya igwingira mu bana, nta bwo ababyeyi bakwirengagizwa, harimo na za Minisiteri nk’iy’Uburezi, Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu, Minisiteri y’Ibikorwa Remezo, Minisiteri y’Ubuzima n’izindi”.<br /> Yassel El-Gammal uhagarariye Banki y’Isi mu Rwanda, avuga ko nubwo ibibazo byo kungwingira mu bana b’Abanyarwanda ntacyo Leta itakoze, kandi asanga hari n’ibindi bigikenewe gukorwa, cyane ko ari ikibazo kugeza ubu kireba n’ibindi bihugu by’Afurika.<br /> Aghassi Mkrtchyan imwe mu mpuguke za Banki y’Isi zateguye iki kegeranyo, avuga ko kugeza ubu ubukungu bw’u Rwanda bushingiye ku mpinduka mu musaruro w’ubuhinzi mu mwaka wa 2017 wazamutse kuri 6.1%, ari bimwe mu byagira uruhare mu kurwanya ikibazo cyo kugwingira mu bana.<br /> Imvahonshya
Répondre
R
one se ko tuzaba twayashese muri Arsenal FC -> Rwanda: Hakenewe miliyari 24 buri mwaka yo kurwanya igwingira mu bana<br /> <br /> Impuguke za Banki y’Isi nyuma y’ikegeranyo ku miterere y’ubukungu bw’u Rwanda zashyize ahagaragara, zatangaje ko hakenewe buri mwaka 27 zisaga z’amadolari y’Amerika, ahwanye na miliyari ziRwanda: Hakenewe miliyari 24 buri mwaka yo kurwanya igwingira mu banasaga 24 z’amafaranga y’u Rwanda, agamije gufasha mu bikorwa byo kurwanya ibibazo by’igwingira mu bana bakiri bato, kuko basanga ari ikibazo kidindiza iterambere.<br /> Mu kiganiro yatanze ubwo hamurikwaga ikegeranyo cya 12 ku miterere y’ubukungu bw’u Rwanda, Umuyobozi muri Banki y’Isi ushinzwe gahunda z’Afurika, Dr Gandham Nv Ramana, ashingiye ku buremere bw’ikibazo k’igwingira ubu kigeze kuri 38%, asanga u Rwanda rukeneye miliyoni 27.3 z’ amadolari y’Amerika buri mwaka mu gihe k’imyaka icumi, agamije gufasha kongera ibirebana no kuvugurura urwego rw’imirire.<br /> Dr Gandham Nv Ramana yagize ati “Miliyoni 27,3 z’amadolari y’Amerika mu gihe k’imyaka 10 ni yo u Rwanda rukeneye mu kurandura ikibazo cyo kugwingira mu bana”.<br /> Yakomeje avuga ko ayo mafaranga yafasha mu bikorwa byo kugabanya igwingira mu bana, aho nibura abagera ku bihumbi 200 bafashwa, ndetse na miliyoni imwe n’igice ku bagore babura amaraso. Bityo, Leta ikwiye gufata ingamba, zirimo gushishikariza inzego zitandukanye hitabwa ku ikubitiro ku bana bari munsi y’imyaka 2.<br /> Umuyobozi w’Ikigo mbonezamikurire mu Rwanda ECD, Dr Anita Asiimwe, avuga ko nubwo igwingira ari ikibazo kitararangira burundu, hari ibyakozwe kuko cyagabanyutse ubu kikaba kigeze kuri 38%, avuga ko ntacyo Leta yageraho yonyine itari kumwe n’abafatanyabikorwa kandi ko politiki y’u Rwanda yo gushyiraho ibigo mbonezamikurire yagabanyije cyane ikibazo.<br /> Ati “Kubera politike nziza, hari intambwe yatewe, abasabwa kugira uruhare kugabanya igwingira mu bana, nta bwo ababyeyi bakwirengagizwa, harimo na za Minisiteri nk’iy’Uburezi, Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu, Minisiteri y’Ibikorwa Remezo, Minisiteri y’Ubuzima n’izindi”.<br /> Yassel El-Gammal uhagarariye Banki y’Isi mu Rwanda, avuga ko nubwo ibibazo byo kungwingira mu bana b’Abanyarwanda ntacyo Leta itakoze, kandi asanga hari n’ibindi bigikenewe gukorwa, cyane ko ari ikibazo kugeza ubu kireba n’ibindi bihugu by’Afurika.<br /> Aghassi Mkrtchyan imwe mu mpuguke za Banki y’Isi zateguye iki kegeranyo, avuga ko kugeza ubu ubukungu bw’u Rwanda bushingiye ku mpinduka mu musaruro w’ubuhinzi mu mwaka wa 2017 wazamutse kuri 6.1%, ari bimwe mu byagira uruhare mu kurwanya ikibazo cyo kugwingira mu bana.<br /> Imvahonshya
Répondre
F
AHA niho bazamarira bya bihutu by'inda nini bitareba kure. Bya bihutu bimeze nka RUKOKOS wavuze ngo niyo BYUMBA yafatwa nta kibazo kandi NYACYONGA yarimo abanyaBYUMBA bicwa na Cholera n'inzara. Sha ibihutu ni ibibwa tuuu
Répondre
N
ubu wasanga hari ibihutu bijya muri ibi. Ese 1990 kugeza 1994 ntcyo yababwiye aho FPR yishe ibihutu byinshi bihubuka? ibihutu bizahora bihubuka kubera inda nini
Répondre
C
Kugira ngo ibintu bihinduke mu buryo bwiza kandi vuba, ni ngombwa ko urubyiruko aho ruri hose ku isi rwitabira kujya muri politiki. Politiki si iy'abantu b'abasaza b'abagambanyi nka ba Kayumba, Rudasingwa, Twagiramungu n'abandi nkabo. Abo bagambanyi ni abo gusinziriza abanyarwanda, bashaka kwerekana ko hari icyo bakora kandi ntacyo bamaze.<br /> By'umwihariko, urubyiruko rwa JAMBO rugomba kuva mu bintu bya sosiyete sivile rukinjira muri politiki bya nyabyo. Rugomba gushinga ishyaka rya politiki ryigenga. Urwo rubyiruko rugomba kwibuka ko ba Mbonyumutwa na ba Kayibanda bagiye muri politiki ari abasore bato cyane, bagifite mu myaka 20.
Répondre
I
TURASABA AMASHYAKA YOSE YA OPPOSITION KUBWIRA Ministeri zishinzwe IMMIGRATION ko ABO BICANYI NTAKINDI KIBAGENZA URETSE KUJYA KUMENA AMARASO NO KUBESHYA KO BAHUNZE IGIHUGU. <br /> <br /> SVP MWAMAGANE ABANTU BOSE BAZA BABASANGA BABABWIRA KUZAZA KURYA UBWO BUROZI BWABO KANDI MUBWIRA CG MWANDIKIRA MINISTERI ZIBIHUGU MURIMO KO IBI ARI GAHUNDA ZA POLITIKI YABICANYI NTAHO BIHURIYE NIMICO NKUKO BABESHYA.<br /> <br /> http://rugali.com/rwanda-day-igiye-nka-nyomberi-none-leta-ya-kagame-yadukanye-irindi-tekinika-ryo-gushuka-inpunzi-zayihunze/<br /> <br /> MUBIBUTSE ibyo bakoze SA cg imiburo abongereza batanze kumpunzi. Ko iyi leta icyo igamije ari UKURYANISHA ABO IJE ISANGA.<br /> <br /> TWIZEREKO MWUMVA GUTABAZA KWACU.<br /> <br /> <br /> http://rugali.com/rwanda-day-igiye-nka-nyomberi-none-leta-ya-kagame-yadukanye-irindi-tekinika-ryo-gushuka-inpunzi-zayihunze/
Répondre
N
Ibigabo bikenyera nkabagore! Ariko ko Gatindi Kagame atarakenyera!
Répondre
T
http://africanagenda.net/the-real-rwanda/
Répondre
U
Harya bisobanura iki kagome ukenyeza imikenyero abagabo? Wasanga nabyo ari ikiranabuhanga rigezweho ntawamenya. Abagabo bakenyera imikenyero yabagore bakongeraho kuba abagabo gute? Genda Rwanda wararunbye pe! Ibirumbo gusa, gusa koko peeee!!!!!<br /> Akumiro !
Répondre