Rwanda :Imigendekere y’urubanza rwa Bwana ICYITONDERWA

Publié le par veritas

Uyu munsi nibwo Bwana Icyitonderwa Jean Baptiste yongeye guhamagazwa n'urukiko rukuru rwa Kigali"HC" Bwana Icyitonderwa yaregeye urukiko rukuru arusaba gusubirishamo urubanza mu ngingo nshya.
 
Zimwe mu ngingo atanga, yerekana ni uko urukiko rwamukatiye rushingiye kunyandiko mpimbano, aha urukiko rwasabye umushinjacyaha inyandiko z'umwimere arizo zihamya neza ibyo Icyitonderwa asaba, ubushinjacyaha bwabuze izo nyandiko, urubanza rwatwaye hafi isaha n'igice rurangira umucamanza avuze ko ruzasomwa kuwa 23 Kamena 2016.
 
Bwana Icyitonderwa yaburanye wenyine. Dutegereze icyo umucamanza azategeka. Ariko twese tuzi ko iyi mpirimbanyi ya PS Imberakuri yazize ibarwa yanditse itabariza abana  biga za kaminuza bari bimwe inguzanyo, ndetse anerekana amakosa yabaye mu byiciro by'ubudehe.Twese tugire urukundo tuzarwitabire kurusha uyu munsi, ariko n'ubwo twatunguwe ntitwahabuze ngo bamwimwike uwacu tudahari.
 
Imana ibarinde! 
                                   
Kigali kuwa 31 Gicurasi 2016
                     
Sylver Mwizerwa  Umunyamabanga Mukuru akaba
n'Umuvugizi wa PS Imberakuri.
Pour être informé des derniers articles, inscrivez vous :
Commenter cet article
N
Novela d camalens
Répondre
M
Intwa zigaragarira kuruga, Ikitonderwa nawe arimuntwari ziyemeje guhangana ningoma yabicanyi.
Répondre
Y
Buriya uricara uti ndu mutegetsi.<br /> Murara mubundabunda muribwaribwa ngo wapfa ziraje ; mwirwa mwikoreye inzana zanyu nkipusi muzibungana isi yose ; naho mugeze hose muhishahisha abo muribo kubera ko isi yose izi ko muri amadayimoni . Nababateretse aho muri baricuza . Irire amabyi wicecekere. Aho kubaho nkukuri nahisemo kwirira ibungungu mu ishyamba kandi ndakuruta incuro igihumbi. Niyo mpamvu unyikanga ; ukandota ijoro numunsi wa musega we!!!
Répondre
B
Mukomere <br /> -Abahutu ni abirabura, abatutsi ni abirabura , abatwa ni abirabura, muragirango ejo rutuku azatuzanire umuzungu aba ariwe utuyobora , dore ko nabyo yabyize kuva kera ashyiraho ishuri rya ba rutuku I SAVE ya Butare.<br /> -Rero mwese niba mukunda urwababyaye mushyire hasi mwumvikane uwibye umurima wabandi awusubize bamukebereho niba adafite aho ajya.<br /> -Ubutegetsi burahinduka kandi buzahinduka ,<br /> -Ibyo rero byo kugirira bene wanyu nabi mwarangiza mukajya gushaka amahaho kwa rutuku mubivemo.<br /> Mukomere
Répondre
S
iyi ntozo ngo ni makanji, ishatse yafunga Iriya nnyo ye ngo ni umunwa, kuko vuba aha izakanjakanja ubwinyo bwayo, zihinduye imirishyo muri 2017. kalinga nzizahoraho nkuko no muri 1959 yarimbutse
Répondre
M
Aburanaaaa!! Muzaburana muruhe kuko burya si buno.<br /> Hari igihe muzajya mwiyahura kuko nabonye ifuni ibajyana hooro mugasinzira ubutagaruka.<br /> <br /> Imana yaranavumye umuryango w'abibumbye uhagurukira kubarasa kubera amaraso mwamennye kandi azabakurikirana kugeza ku buvivi n'ubuvivure.
Répondre
G
UMBAYE KURE MUVANDIMWE: KUBONA TUVA I BYUMBA TWICA-TUKAGERA MULI KONGO , DUHITANA UHUMEKA WESE-TUKAGARUKA NA KIBEHO, NUWONKA TUKAMWIVUGANA, ALIKO KUGEZA MAGINGO AYA, TUKABA TUCYAMBARA ZA BOTTES, TUTALYAMA NGO DUSINZIRE, TULIBWALIBWA KOKO, NYUMA Y'IMYAKA IRENZE 22. AKA NI AGAHANO, MBANDOGA RWABUGIRI!