Rwanda : Urubanza rw’Adeline Rwigara n’abana be rwasubitswe ubugira gatatu!

Publié le par veritas

[Ndlr: Abantu benshi barimo bibaza impamvu uru rubanza ruvugwa cyane mu Rwanda no mu mahanaga, kandi aba bari muri aka kaga ataribo bantu ba mbere bahuye n’aka karengane mu Rwanda! Abibaza batyo babihera k’ubayoboke ba FDU Inkingi 8 bafunzwe ariko ntibivugwe nk’uko uru rubanza ruvugwa! Birumvikana ko abibaza gutyo bafite ingero nyinshi z’amahano akorwa na leta ya Paul Kagame ariko ntibisakuze!
Igishya kiri muri uru rubanza ni uko ari ubwa mbere hafunzwe umuryango ugizwe n’umupfakazi w’umututsikazi n’abana be bashinjwa ibyaha byo kugirira nabi ubutegetsi bwa Paul Kagame wakwije ikinyoma ku isi yose ko yateye u Rwanda aje gukiza abatutsi none abo batutsi akaba aribo banzi be! Ibyo bikaba byiyongera ku binyoma byinshi Kagame yabeshye amahanga avuga ko yaje gukiza abatutsi! Adeline Rwigara n’abana be bahirika leta nzima ya Kagame bakoresheje ubuhe buryo? Niba iyo leta yemera ko yahirikwa n’uwo muryango gusa, igihugu nta leta gifite mubyukuri! Iyi nkuru iratwereka ubwoba leta  ya Kagame ifite ikaba itinya abaturage yitwa ko iyobora!]
Adeline Rwigara agezwa imbere y'urukiko arimo amapingu

Adeline Rwigara agezwa imbere y'urukiko arimo amapingu

Uyu munsi Me Gatera Gashabana yaje mu rukiko nk’umwunganizi wa Adeline Rwigara nk’uko yari yamwifuje. Ariko yavuze ko bagiranye amasezerano ejo, atazi ibiri mu idosiye ye bityo akeneye igihe cyo kubyiga. Ubushinjacyaha bwahise buvuga ko gutinza uru rubanza gutya bidasanzwe, busaba ko urubanza rwa Adeline Rwigara rwatandukanywa n’urw’abakobwa be. Nyuma y’impaka no kwiherera k’urukiko urubanza rwimuriwe kuwa kabiri utaha.
Ku rubanza rwa none umutekano wakajijwe birushije ubushize, abaza mu iburanishwa barasakirwa ku marembo y’Urukiko rukuru rya Nyarugenge i Nyamirambo kandi abashinzwe umutekano bakandika na amazina na numero y’indangamuntu ya buri wese winjiye. Byatumye uyu munsi umubare w’abakurikiranye urubanza ugabanuka kuko hinjiraga abafite ibyangombwa gusa cyangwa abashatse kubyerekana. Mu rukiko muri iki gitondo, Me Gatera Gashabana yavuze ko ejo saa kumi ari bwo yemeranyijwe na Adeline Rwigara Mukangemanyi ko azamuburanira, bagasinya amasezerano.
 
Avuga ko usibye mandat d’arret n’izindi mpapuro zo gufata umukiliya we nta kindi arabona cyamufasha kunganira umukiriya we. Yasabye ko yahabwa igihe akiga urubanza rwa Adeline Rwigara Mukangemanyi ngo dore ko n’izina ry’uyu yunganira atararifata mu mutwe. Yavuze ko nta bushake bwo gutinza urubanza burimo ahubwo ari ukugira ngo aburane yiteguye neza. Akavuga ko ibi abisaba atakamba ngo abashe kunganira umukiriya we mu mucyo. Ubushinjacyaha bwahise buvuga ko bidasanzwe ko iburana ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo risubikwa inshuro enye.
 
Ngo ntiyumva uburyo urubanza rutagombye kumara amasaha 72 rumara iminsi 10.
 
Yavuze ko abaregwa bose mu bugenzacyaha bari bunganiwe na Me Buhuru Pierre Celestin bagasobanurirwa ibyaha baregwa n’impamvu babikekwaho. Adeline Rwigara yasabye ijambo atangira avuga ko ashima Imana n’abari aho, avuga ko uburyo bamenyeshejwemo ibyo baregwa batari muri ‘conditions’ zo kumva neza kuko ngo bakorewe iyicarubozo biriwe bicaye. Umucamanza yahise amubwira ko ibyo avuga ari ugutandukira kuko babajijwe bakanasobanurirwa ibyo baregwa.
 
Umushinjacyaha yatanze ikifuzo ko imanza z’aba bakobwa na nyina zatandukanywa, Diane na Anne Rwigara bakaburana ukwabo bunganiwe na Me Buhuru naho Adeline Rwigara Mukangemanyi akaburana ukwe yunganiwe na Me Gashabana. Ibi ngo byanashimangirwa n’uko impamvu zituma bakekwaho ibyo baregwa zitandukanye n’ibyaha baregwa bikaba bitandukanye, ngo nubwo hari ibyo bahuriyeho bimwe. Ibi ariko uruhande rw’abaregwa rwahise rubyanga ngo bagomba kuburanishwa hamwe kuko hari n’ibyaha bahuriyeho.
 
Diane Rwigara washakaga kuba umukandida mu matora ya Perezida wa Repubulika akurikiranyweho icyaha cyo gukoresha impapuro mpimbano. Diane, murumuna we Anne na nyina Adeline bahuriye ku cyaha bashinjwa cyo guteza imvururu muri rubanda. Nyina Adeline Rwigara we hakiyongeraho icyaha ashinjwa cyo kubiba amacakubiri muri rubanda. Kucyo gutandukanya uru rubanza Me Buhuru yavuze ko atari muri ‘conditions’ zo kumva impamvu yabyo mu gihe abaregwa hari ibyaha bahuriyeho.
 
Avuga ko Ubushinjacyaha bwaregeye Urukiko abantu batatu bityo ko butaza uyu munsi ngo bunasabe ko urubanza rw’aba bantu rutandukanywa kubera ko uwunganira umwe mu baregwa asabye ko ahabwa igihe kandi abisabye mu nyungu z’ubutabera. Avuga ko gutandukanye uru rubanza byaba ari ukwivuguruza k’Ubushinjacyaha kuko abaregwa hari n’ibimenyetso bibashinja Ubushinjacyaha buvuga bahuriyeho. Anne na Adeline Rwigara Mukangemanyi bongeye gusaba ko bahabwa dossier y’urubanza rwabo, Adeline anavuga ko ngo banyazwe uburenganzira bwo gutunga Bibiliya n’ibitabo by’indirimbo.
 
Bavuze kandi ko ngo batabonana aho bafungiye, ko bataganira n’abandi ndetse ngo nabo ubwabo ntibabonana kuko badafungiye mu cyumba kimwe. Adeline akabaza niba byemewe ko umuntu afungirwa mu kumba gafunze amasaha 24. Ati “Ese ntaburenganzira bwo gusurwa,bwo gusohoka ngo duhumeke umwuka wo hanze?” Yavugaga ko babonana iminota itandatu (6) ku munsi ku manywa na nijoro babonana n’ubagemuriye gusa.
 
Yasabye ko basubizwa Bibiliya, bahabwa umwanya wo kuganira n’ababagemurira ndetse bagahabwa Dosiye yabo. Me Buhuru yavuze ko mu gihe Abakiriya be batarahamwa n’icyaha ari abere, bityo bakwiye guhabwa nibura iminota 30 buri munsi bagasohoka hanze bakota izuba, bagasurwa kandi bagahabwa dossier yabo n’Ubushinjacyaha kuko ari akazi kabwo. Umucamanza yamubwiye ko kuri icyo bagisha inama abunganizi babo kuko ngo abacamanza bo basuzuma ibyo baregewa gusa. Nyuma y’igihe kiri hafi y’isaha, Abacamanza bagarutse bemeza ko ikifuzo cya Me Gashabana winjiye muri uru rubanza bwa mbere gifite ishingiro.
 
Ku gutandukanya urubanza rwabo, Urukiko rwasanze hari icyaha abaregwa bahuriyeho n’impamvu zikomeye bahuriyeho muri dossier yabo bityo rutatandukanywa. Urukiko rwongeye kwanzura ko kuba bataratangira kuburanishwa mu mizi nta mpamvu yo guha abaregwa dossier yabo yose kuko basobanuriwe ibyo baregwa n’impamvu ari bo baregwa mu bugenzacyaha kandi bunganiwe. Urukiko rwavuze ko iby’abaregwa bavuze byo gusubizwa Bibiriya n’ibitabo by’indirimbo, gusurwa, kuvugana n’ubagemurira no kota akazuba byibuze iminota 30 ibi Urukiko rutabyanzuraho kuko bitari mubyo rwaregewe.
 
Ku ikubitiro Urukiko rwabanje kwanzura ko uru rubanza rusubitswe ku kifuzo cy’umwe mu bunganira abaregwa, rukazasubukurwa kuwa kabiri utaha tariki 17 Ukwakira 2017. Nyuma yo kurusomwa ariko impande zose zafashe akanya zikiri mu cyumba cy’iburanisha bahita byemezwa noneho ko urubanza ruzasubukurwa tariki 16 Ukwakira 2017.
 
Inkuru y’umuseke
Pour être informé des derniers articles, inscrivez vous :
Commenter cet article
K
ikimbabaza niyo mbona hari ibihutu bibabazwa niby'uyu muryango w'inyenzi ... kariya kazungerezi kagakobwa siko kavuze ngo ntikumva igituma bishe se wako nkaho abanzi bo kwica babuze ... kavuze ngo abo kwica (n'ukuvuga abahutu ) buruzuye hanze ... inyanayimbwa kagome mabere ya nyoko iyo misega yagambaniye abanyarwanda ubwo ntiwayikurikiza cyacyondi ngo ni asinapoli wokagwa mumusarani ukabanza mo akogasyori kwawe wakimwira we ?! pumbafu.
Répondre
N
Nyuma yaho ijwi rivugiye hejuru i Nyamirambo Ku rukiko rigira riti"MAMA DIANE YESU NI MUZIMA,ALELUYA,YESU NI MUZIMA"Nyiri kuvuga ibyo agahita agonda agahogora!Ubwo Polisi yahise itangiza muri irijoro imikwabu ikaze aho uyu mumama bikekwa ko yatahaga maze Nyamirambo,Rwampara,Cyahafi nahandi hosi Police Y'ingona yatereye abantu hejuru ipakira abana na banyina,abasore ninkumi,abasaza nabakecuru mukimodoka cyayo kitwa Kontineri maze ibakwiza kuri stations zose ziri mu mugi!<br /> <br /> Mana biteye ahahinda aho umwana aza ashaka se yamubuze yarangiza akamubona avanwa Ku musarane yambaye amapingu ipantaro yamanutse,risanti yasamye yabuze uko ayifunga <br /> <br /> Mana turarushye ingona ziratumaze niba turabapfa nidupfe abarokotse bakire ariko turananiwe!<br /> <br /> Iyimvura yaguye yatunyagiriye abantu babafunze amapingu banamye kuri police mukibuga,umugabo waje ahetse umwana aje gushakisha nyina wafashwe batamumuha amureba mumapingu bose banyagirwa,umwana ahamagara nyina ngo MAMA NYONYO kandi ntacyaha aregwa ngo bamusanze munzira!Mana niba uriho kandi sinshidikanya uriho!Uri Imana ihora gira icyo ukora!NDUMVA NDUHUTSE!Gera kuri La galette mu mugi wihere ijisho!C ' est l'Enfer!
Répondre
J
Inkotanyi ziri kukazi abazungu bazitumye ko kutwica bakatumaraho abazungu bakaza gutura urwanda na afrika yibiyaga bigali. Ngiyo amerika uko yatagetse inkotanyi kutwica, kuturimbura, kuduhonya tugahonyoka tugashira, ngabo ba Rutuku uko bakora mukurimbura abanyafrika nabirabura bose muri rusange. Inkotanyi ziri gukorera abanyamerika ntabwo ziriho mugukorera abanyarwanda. Inkotanyi zateye urwanda ziri kumwe nabanyamerika zifata urwanda kungufu zabanyamerika. Abanyamerika-Lusoferi ngabo uko niko bategetse inkotanyi -amashitani namadayimoni.<br /> Turashize nakataraza kari inyuma. Twajwemo. Gupfa sibibi ikibi nugupfa nabi.
T
Abanyarwanda bavuga iyo hari umututsi wagize ikibazo naho abahutu nibanyagupfa no kwicwa. Abatutsi akanwa kabo kavuga iyo hari umututsi igize ikibazo. Huuuuu!!!! Muzumirwa.
Répondre
S
Mwe muceceke murebe ibihembo bya Satani. EJO ntibizagutangaze Janeti YIVUGANYE KAMENGE kandi NAROSE Ambassadeur GASANA yisubije Janeti.<br /> <br /> Nkabya inzozi ejo muzambwire ko urose nabiii
K
uvuze ukuri kwambaye ubusa ! ibinyenzi biza kuvuza induru aruko babimereye nabi ntanicyo bimbwiye ... ahubwo ndisekera ! igihe inyenzi zamaraga abahutu ntanakagoryi nakamwe kigeze kazamura urutoki ngo kavuge ...none ubu niho buri guhwihwisa ngo yeba yebaba !
A
@BV,<br /> <br /> Ntabwo imana izawutabara, Kubera ko, ahubwo imana iri kuwuha igihano. Habyara yabahaye amata, inyiturano ni kumugambanira. Yego nawe yishe Papa we wa Batisimu ariwe Kayibanda, ariko tugerageze kugira UBUPFURA. <br /> <br /> Puuu
Répondre
B
Amaherezo Imana izatabara uyu muryango wimpfumbyi numupfakazi.
Répondre
G
Iby'inyenzi ntiwabimenya wasanga ari amatekiniki n'amakinamico zibereyemo kugira ngo zongere ziturimbure. Abatutsi ndabazi diiii. Mbwiswa ma! Reka njye kwityariza igikoresho cyanjye.
Répondre
K
wowe ndakwemera ! nanjye nzemera ko inyenzi zasubiranyemo nizicaaaaana zose zigashira, n'iyanyuma ikiyahura ! nahubundi nkibona hari inyenzi nimwe ikijagata ...hoya mbantarashirwa
B
Nikundira ukuntu aba bakobwa na mama wabo biyitaho bakambara neza ; bakaza bisekera bameze neza ku mitima . Baliya bagaragu ba satani Kagome balinda kuza bubitse biliya bigofero mu maso ; bimeze nka bya bitebo bamutuye bubitse ku bitwe byabo. Aho gutoba amaraso yabanyarwanda mwakweguye mugasanga abandi mwa mihilimbili mwe ? Cyangwa ibyo bibunda mukabihindukirana nyirabyo mukatujya imbere tukabakulikira . Mugomba kuba muli utugolyi ; akagolyi gakoresha utundi. Aho bababwiliye ntimurumva ko muli mu gukora ubufatanyacyaha bwo kwica abanyarwanda !ku budolari 50 vraiement! Ngo abavungulire se nibura kuli za miliyari zi Panama ! Turambiwe kubwira uducucu !
Répondre
U
UMUNTU WAMBERE UZABAZWA UYU MURYANGO ni THEOS BADEGE ntazavuge ko ntamuburiye. IBYE Ubu biri kwandikwa. Ahari azavuga ko yashukwaga cg agasunikwa. Ashwiiii UFITE UBWENGE uzabibazwa nizo nkorera gahato ngo ni polisi BIGENDA BYUBITSE IMITWE!<br /> Mube muretse
I
Inkotanyi ziri kwereka abazungu ko zirigukora akazi kabo neza abanyamerika babashinze ko kwica, kurimbura, gukora genocide, kuboha, gufunga no gufungura nkinzugi abana babanyarwanda. Bahereye kubahutu barabishe barabamara none bagiye kwikuza nabatutsi. Ibinywamaraso biragwira. Inyama zabanyarwanda zaryoheye inkotanyi nabanyamerika cyane kugeza naho basigaye bibagirwa nuwabateretse murugwiro rwa presida Habyarimana Jouvenal yiyubakiye. Imbwa zimisega zamanitswe mubusholisholi bwigiti none imifutu yazo irarangaye buri wese ari kwihera amaso. Uko imbwa yuriye igiti ninako igihubukamo. Nigihe gito gusa filme ikizinga maze inkotanyi zikagenda nkuko zaje.<br /> amerika igihe gusuka amadollar yoguhemba inkotanyi mukutwica no kuturimbura bakomeje gukorera abana babanyarwanda nabatuye afrika yibiyaga bigali.<br /> mureke dukomeze dukurikirane ibi binywamaraso naba Rutuku amaherezo yabo kubuzima bwacu. Ntiturambirwe. Dukomeze twandike ayamateka yacu.
Répondre
I
Mbese izo nkotanyi zabapolisi kwifotoza bahishe mumaso bisobanuye iki? Niba baziko bari gukora smarorerwa babiviyemo bagatsnga imihoho. Kano ni akandare. Niko ye uko gufunga bafungura abantu nkinzugi aho ntibizabaca amabere, akumiro! Uko gukotana muhora mukotana nimitima yanyu aho nyizabaturikana mukaruka amaraso yabsnyarwanda mwanyweye kuva uro 1990 kugeza uyu munsi 2017?<br /> Tube maso Twajwemo banyarwanda.
Répondre
E
Iturufu y'abo kwa Rwigara itanze umusaruro, none intore ziti ka tuyikoreshe kuri dosiye ya HRW.<br /> Wa mugani hari abantu batagira isoni.<br /> <br /> Reba nawe<br /> <br /> http://www.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/hagaragajwe-abantu-hrw-yashyize-muri-raporo-ko-bishwe-bakiriho<br /> <br /> Igihugu kiri mu cyihe cyerekezo?
Répondre
K
ariko reka nibarize abantu bazi kw'analyza amafoto ! mubona iyi technique izi nyenzi ziba zifashe abafungwa ivuze iki ? niko se ubu bugoryi buba bushaka kwerekana ko buzi gufata infungwa ...ubona buba bwacakiye umuntu n'amajanja abiri wagira ngo yari yagera gucika .....ahahahaha pumbafu bicucu mabere yabanyoko ...murakarya amabyi babongere n'ayandi y'umunuko ....
Répondre
K
niko se iyi série famille rwigara n'inyenzi izarangira ryari ? épisode ikurikira izaba ifite titre yihe ? peut-être (famille rwigara yongeye gusomerwa ibyo iregwa ) ....AHAHAHAHAHAH sha inyenzi muri ibigoryi
Répondre
M
Nyanuna MUBAHE BIBILIYA YABO.. INKOTANYI HARYA NGO IMANA MWARAYIRASHE? MUSUBIZE IYI BIBILIYA IMANA ITARARAKARA.
Répondre
K
niba imana itarazirakarira izo nyana z'imbwa z'inyenzi n'abantu zimaze guhotora ...byaba ari akumiro !
I
Iburana rya Rwigara diane byongeye gusubikwa vendredi 13/10/2017<br /> <br /> https://www.youtube.com/watch?v=QNPm4JCrgbA
Répondre
G
arihisha camera kubera azi neza k iby'akra ari bibi
Répondre