Rwanda : Ese birashoboka ko ubukungu butera imbere ariko ifaranga rigata agaciro ?

Publié le par veritas

Banki nkuru y'igihugu

Banki nkuru y'igihugu

Banki nkuru y’igihugu iravuga ko ubukungu bw’u Rwanda bwifashe neza ndetse bukaba bukomeje kuzamuka ku kigero cyiza. Ubu bukungu ngo iyo bwiyongereyeho ishoramari n’ibikorwa bikomeye birimo kuza mu gihugu bikenera gukoresha amadolari bituma ifaranga ry’u Rwanda rita agaciro. Ibintu ariko ngo bidashobora guhungabanya na gato ubukungu bw’igihugu.
 
Banki nkuru y’u Rwanda iravuga ko guta agaciro kw’ifaranga ry’u Rwanda kuri ubu byari byitezwe kuva 2016-2018, ibi biraturuka ku kuzamuka k’ubukungu bw’u Rwanda buri kuzamuka ku rwego rwo hejuru. Hakaniyongeraho inganda zikomeye zirimo kuza mu Rwanda nka Kivu Watt, Positivo n’izindi zikoresha ibikoresho binyuranye bitumizwa hanze kandi bikagurwa mu madolari ndetse n’irindi shoramari ritandukanye rikenera amadolari.
 
Gusa ngo inganda zo mu Rwanda nizitangira kugurisha ibyo zikora haba hanze bizatuma amadolari yinjira mu Rwanda ari menshi. Ibi ni bimwe mu byatangajwe na Prof. Kigabo Thomas ushinzwe ubukungu muri BNR nyuma y’aho bigaragariye ko muri iyi minsi idolari rivunjwa amanyarwanda agera kuri 800. Ku rundi ruhande ngo gutakaza agaciro k’ifaranga ry’u Rwanda ntibizatuma ibiciro ku masoko bizamuka kuko bikiri kuri 4,6% kandi bitarenza 5%. Ikindi ni uko mu myaka 5 ishize amadolari yinjijwe na service zitangwa mu Rwanda yazamutse ku gipimo cya 8%.
 
Ifaranga ry’u Rwanda rikomeje guta agaciro imbere y’idolari ry’Abanyamerika ku isoko ry’ivunjisha. Umuntu ushaka idolari ntashobora kuribona munsi y’amafaranga y’u Rwanda 800 ku biro by’ivunjisha mu mujyi wa Kigali. Banki nkuru y’igihugu yo ikomeje kwemeza ko uku kuzamuka kudakwiye kugira uwo gukura umutima ngo kuko gushingiye ku bibazo mpuzamahanga, kudashingiye ku micungire y’ubukungu bw’u Rwanda. Umuyobozi wungirije wa Banki nkuru y’igihugu, Dr Monique Nsanzabaganwa aherutse kuvuga ko uku guta agaciro bituruka ku mpamvu zishingiye ahanini ku kuba u Rwanda rukura ibintu byinshi hanze rukoherezayo bike.
 
Ubwo yagezaga umushinga w’ingengo y’imari imbere y’inteko ishinga amategeko, Minisitiri w’imari n’igenamigambi, Claver Gatete yavuze ko igabanuka ry’ibiciro by’ibyo u Rwanda rwohereza mu mahanga nabyo bikomeje gutuma ifaranga ry’u Rwanda ritakaza agaciro imbere y’idolari ry’Amerika, aho mu mwaka wa 2015 gusa ifaranga ry’u Rwanda ryataye agaciro ku kigero cya 7.6%. Iyi ikaba ari imbogamizi ituma ibyo Leta itumiza mu mahanga biyihenda cyane.
 
Source : ubukungu.rw
Pour être informé des derniers articles, inscrivez vous :
Commenter cet article
C
Kuki Carnegie Mellon yagenewe ingengo y’imari n’u Rwanda kandi atari kaminuza ya leta?<br /> Yanditswe kuya 13-06-2016 saa 12:25' na Nshimiyimana Jean Baptiste <br /> <br /> <br /> <br /> Mu ngengo y’imari ya 2016/2017, Leta y’u Rwanda yageneye Kaminuza y’Abanyamerika, Carnegie Mellon (CMU) miliyari zirindwi zo kubaka ishuri rigezweho.<br /> Ni amafaranga isobanura ko azagira inyungu nini ku Rwanda kuko ibizakorwa bishobora gukoreshwa na benshi aho gukomeza gushora ay’umurengera mu kohereza abanyeshuri muri Amerika.<br /> Mu bihe binyuranye u Rwanda rwohereza abanyeshuri kujya kwiga muri Kaminuza zikomeye ku Isi, byose bigahuzwa n’imirongo migari ya leta mu iterambere rirambye.<br /> Kaminuza y’Abanyamerika Carnegie Mellon nayo iri mu zakira abanyeshuri bava mu gihugu, ahanini bajya guhugurwa mu bijyanye n’ikoranabuhanga.<br /> Muri gahunda yayo ngari yo gufatanya n’ibihugu bya Afurika mu gutanga ubumenyi; bigoranye, Leta y’u Rwanda yasabye Carnegie Mellon University kuza gukorera gahunda zayo mu Rwanda, hagamijwe gushyigikira gahunda za leta n’akarere zigamije guteza imbere ubukungu bushingiye ku ikoranabuhanga.<br /> Ubwo Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Gatete Claver, yagezaga Ingengo y’Imari y’umwaka wa 2016/2017 ku Nteko Ishinga Amategeko imitwe yombi, yavuze ko iyi kaminuza yagenewe miliyari 7 yo kubaka ishuri rigezweho.<br /> Nyuma abanyamakuru babajije Minisitiri Gatete impamvu leta igenera iyi kaminuza ingengo y’imari kandi ari iny’amahanga.<br /> Gatete yasubije ati “Kaminuza ya Carnegie Mellon ni kaminuza ikomeye ku Isi kandi siyo yizanye hano. Kubiyisaba nk’igihugu byaragoranye, kuko nubwo iri hano, si iy’u Rwanda gusa, ni iya Afurika yose kuko yigisha Abanyafurika bose muri rusange.”<br /> Minisitiri Gatete yakomeje avuga ko kugira ngo u Rwanda ruze ku isonga mu bumenyi n’ikoranabuhanga bisaba kubaka umurongo mugari wa internet, kandi byamaze gukorwa, hakaba hari n’urubyiruko rwabihuguriwe ariko rukeneye ubufasha.<br /> Ati “Ese dukeneye ko bahugurwa? Yego! Kandi bigakorwa na kaminuza ikomeye ku Isi nka Carnegie Mellon. Amafaranga twatangaga yaragabanutse cyane, kandi bazakomeza kugira uruhare rukomeye. Iyi niyo mpamvu turi gushyiramo amafaranga kugira ngo iyi kaminuza yubakwe kuko dukeneye ubumenyi, tuzungukiramo byinshi birimo no kwigisha ibindi bihugu aho kohereza abanyeshuri bake bigakomeza kuduhenda bikabije.”<br /> Yanasobanuye ko hakorwa ibishoboka byose ngo ibikorwa remezo biteza imbere ikoranabuhanga biboneke, kandi bagakangurira abashoramari kuza mu Rwanda gushora imari muri iyi ngeri.<br /> Ngo aya mafaranga agamije guteza imbere ibikorwa bituma u Rwanda rukomeza kuyobora mu ikoranabuhanga.<br /> <br /> Mu ngengo y'imari ya 2016/2017, CMU yagenewe miliyari zirindwi z'amafaranga y'u Rwanda<br /> Ishami rya CMU ryatangiye nyuma y’inama ya Connect Africa yabereye mu Rwanda mu mwaka wa 2007, hagafatwa icyemezo ko hakwiye kwigishwa ibijyanye n’ikoranabuhanga. Byaje gushyirwa mu bikorwa mu mwaka wa 2012 itangizwa ku mugaragaro.<br /> U Rwanda ku nkunga ya Banki Nyafurika Itsura Amajyambere (AfDB), rwabaye urwa mbere mu Karere rwatangije ishami ry’iyi kaminuza. Yigiramo abanyeshuri bo mu bihugu bya Afurika y’ Iburasirazuba, aho biga amasomo y’icyiciro cya gatatu cya Kaminuza mu ikoranabuhanga.<br /> Kuva yatangira, Abanyeshuri barenga 43 barangije amasomo yabo muri Carnegie Mellon University, ariko Leta y’u Rwanda ivuga ko mu gihe ishuri riteganywa ryakuzura, abayigamo bazarushaho kuba benshi.<br /> Mu mwaka wa 2014-2015, urutonde rwerekana uko Kaminuza zihagaze ku Isi, rugaragaza ko CMU iza ku mwanya wa 24 muri rusange, mu gihe kandi iri ku mwanya wa 16 mu zigisha ibijyanye n’ikoranabuhanga.<br /> <br /> Carnegie Mellon University mu Rwanda ikorera ku Kacyiru mu nyubako izwi nka Telecom House<br /> <br /> Igihe.com
Répondre
D
Kuki Carnegie Mellon yagenewe ingengo y’imari n’u Rwanda kandi atari kaminuza ya leta?<br /> Yanditswe kuya 13-06-2016 saa 12:25' na Nshimiyimana Jean Baptiste <br /> <br /> <br /> <br /> Mu ngengo y’imari ya 2016/2017, Leta y’u Rwanda yageneye Kaminuza y’Abanyamerika, Carnegie Mellon (CMU) miliyari zirindwi zo kubaka ishuri rigezweho.<br /> Ni amafaranga isobanura ko azagira inyungu nini ku Rwanda kuko ibizakorwa bishobora gukoreshwa na benshi aho gukomeza gushora ay’umurengera mu kohereza abanyeshuri muri Amerika.<br /> Mu bihe binyuranye u Rwanda rwohereza abanyeshuri kujya kwiga muri Kaminuza zikomeye ku Isi, byose bigahuzwa n’imirongo migari ya leta mu iterambere rirambye.<br /> Kaminuza y’Abanyamerika Carnegie Mellon nayo iri mu zakira abanyeshuri bava mu gihugu, ahanini bajya guhugurwa mu bijyanye n’ikoranabuhanga.<br /> Muri gahunda yayo ngari yo gufatanya n’ibihugu bya Afurika mu gutanga ubumenyi; bigoranye, Leta y’u Rwanda yasabye Carnegie Mellon University kuza gukorera gahunda zayo mu Rwanda, hagamijwe gushyigikira gahunda za leta n’akarere zigamije guteza imbere ubukungu bushingiye ku ikoranabuhanga.<br /> Ubwo Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Gatete Claver, yagezaga Ingengo y’Imari y’umwaka wa 2016/2017 ku Nteko Ishinga Amategeko imitwe yombi, yavuze ko iyi kaminuza yagenewe miliyari 7 yo kubaka ishuri rigezweho.<br /> Nyuma abanyamakuru babajije Minisitiri Gatete impamvu leta igenera iyi kaminuza ingengo y’imari kandi ari iny’amahanga.<br /> Gatete yasubije ati “Kaminuza ya Carnegie Mellon ni kaminuza ikomeye ku Isi kandi siyo yizanye hano. Kubiyisaba nk’igihugu byaragoranye, kuko nubwo iri hano, si iy’u Rwanda gusa, ni iya Afurika yose kuko yigisha Abanyafurika bose muri rusange.”<br /> Minisitiri Gatete yakomeje avuga ko kugira ngo u Rwanda ruze ku isonga mu bumenyi n’ikoranabuhanga bisaba kubaka umurongo mugari wa internet, kandi byamaze gukorwa, hakaba hari n’urubyiruko rwabihuguriwe ariko rukeneye ubufasha.<br /> Ati “Ese dukeneye ko bahugurwa? Yego! Kandi bigakorwa na kaminuza ikomeye ku Isi nka Carnegie Mellon. Amafaranga twatangaga yaragabanutse cyane, kandi bazakomeza kugira uruhare rukomeye. Iyi niyo mpamvu turi gushyiramo amafaranga kugira ngo iyi kaminuza yubakwe kuko dukeneye ubumenyi, tuzungukiramo byinshi birimo no kwigisha ibindi bihugu aho kohereza abanyeshuri bake bigakomeza kuduhenda bikabije.”<br /> Yanasobanuye ko hakorwa ibishoboka byose ngo ibikorwa remezo biteza imbere ikoranabuhanga biboneke, kandi bagakangurira abashoramari kuza mu Rwanda gushora imari muri iyi ngeri.<br /> Ngo aya mafaranga agamije guteza imbere ibikorwa bituma u Rwanda rukomeza kuyobora mu ikoranabuhanga.<br /> <br /> Mu ngengo y'imari ya 2016/2017, CMU yagenewe miliyari zirindwi z'amafaranga y'u Rwanda<br /> Ishami rya CMU ryatangiye nyuma y’inama ya Connect Africa yabereye mu Rwanda mu mwaka wa 2007, hagafatwa icyemezo ko hakwiye kwigishwa ibijyanye n’ikoranabuhanga. Byaje gushyirwa mu bikorwa mu mwaka wa 2012 itangizwa ku mugaragaro.<br /> U Rwanda ku nkunga ya Banki Nyafurika Itsura Amajyambere (AfDB), rwabaye urwa mbere mu Karere rwatangije ishami ry’iyi kaminuza. Yigiramo abanyeshuri bo mu bihugu bya Afurika y’ Iburasirazuba, aho biga amasomo y’icyiciro cya gatatu cya Kaminuza mu ikoranabuhanga.<br /> Kuva yatangira, Abanyeshuri barenga 43 barangije amasomo yabo muri Carnegie Mellon University, ariko Leta y’u Rwanda ivuga ko mu gihe ishuri riteganywa ryakuzura, abayigamo bazarushaho kuba benshi.<br /> Mu mwaka wa 2014-2015, urutonde rwerekana uko Kaminuza zihagaze ku Isi, rugaragaza ko CMU iza ku mwanya wa 24 muri rusange, mu gihe kandi iri ku mwanya wa 16 mu zigisha ibijyanye n’ikoranabuhanga.<br /> <br /> Carnegie Mellon University mu Rwanda ikorera ku Kacyiru mu nyubako izwi nka Telecom House<br /> <br /> Igihe.com
Répondre
B
arega ntiwatera imbere wirwa usabiriza imfashanyo,utunzwe n'imyenda ,uvana ibintu hanze MAZE WARANGIZA abahutu bose ukabahindura imbwa kandi aribo bazi gukora.Ubukungu bw'igihugu bushingiye kubaturage
Répondre
M
Inkotanyi ziribesha, ikibazo cyubukungu gishingira kubaturage bakora amanwa nijoro. None murwanda ntabwo abaturage bashobora kugira morali yogukora, mugihe ubutegetsi butabizeza umutekano wabo nuwimari yabo. Ahubwo reta icyo ihora ishaka ngo nukugirango abahutu bakene maze abatutsi babe abakire. Ntakuntu umutungo wigihugu washingira kubantu 14%, umaze gukenesha 85%. Iyo ukenesheje 85% babakozi, uba ukenesheje igihugu cyose. Mukinyarwanda baca umugani ngo "uguhima atiretse agusurira muryamanye".
Répondre
M
Birashimishije cyane kuba ikimungu cyari muri FDLR kivuyemo, ibuye rigaragaye ntiriba rikishe isuka. Wilson ushinja FDLR ngo ntiyacyuye impunzi yashaka yuko izicyura ite kandi arikwaka abasirikare intwaro? Bambe ngo; abazungu bavuze yuko nimushira intwaro hasi bazabacyura,. Ntagihe nakimwe gashaka buhake ashyigikira ubutegetsi bushyigikiwe nabenegihugu benshi. Iyaba yabikora aba yararwanije iyicwa rya Ndadaye, uzibaze impamvu burigihe reta yurwanda idahagarikirwa inkunga kandi ihora ikoramakosa nko gufunga urubuga rwa politic, gufunga, itangazamakuru nokutubahiriza uburenganzira bwa kiremwa muntu.
Répondre
U
NTORE rero, tujye na none dutekereza! Umuntu washyize mu mwanya wayo M23 (mettre à sa place), yarababuriye ni uko babwira abatumva.<br /> <br /> Nunganire uwabivuze hasi hano, kuva icyo nibwo ubukungu bwacu bwatangiye kugira ibibazo, kuko bwari ubukungu bwubakiye ku mucanga, bwubatse ku binyoma na bwa BWIBONE (ntabwo turi abirabura n'ibindi n'ibindi..)…<br /> <br /> Iyo rero ukoze icyo bita mu ruzungu « analyse globale », ugafata ibinyoma bijyanye na jyenosayidi, ugafata ibinyoma bijyanye na apartheid iri iwacu…<br /> <br /> … naba na apartheid yari muri South Africa, yo yari mu gihugu gikize, abantu batarwanira ubusa…<br /> <br /> Naho se, iwacu uzavangitiranya ubukene n’ibinyoma, wa kagize ordinateur (computer) mu mu mutwe, urumwva umuntu muzima wajera (gérer) ibyo bibazo ari nde?<br /> <br /> Nyamara muri 1986, amahanga yavugaga ko Perezida Habyarimana, ari uwa mbere muri Afrika ujera (gérer) igihugu cye neza.<br /> Mu myaka ibiri baba bamugize RUHARWA…<br /> <br /> Amateka yagombye kugira icyo atwigisha.
Répondre
J
Bazagiturumbukamo biruka!!
M
arega ibi MAGAYANE yarabivuze: igihe muzabona ifaranga ryataye agaciro,ubukungu buzagwa cyane maze REVOLUTION ihite itangira.
Répondre
G
Ziliya nyenzi zatangiye kera zibeshya/gutekinika ngo RWANDA yateye imbere kubera KIGALI bubtase kandi bakayikubura buli munsi kandi nta mukene wemerewe kuyijyamo. Ibi izo nyenzi zabikoraga ngo zikunde zicuruze neza GENOCIDE. None byaziyobeye.Zinaniwe gucunga ubukungu .Ifaranga rizaguma guta agaciro maze ibibazo bibe bibi cyane nuko habe REVOLUTION kubera abaturage bazaba barambiwe kwicwa n'amavunja. ESE IZI NYENZI ZIRABIBONA?
Répondre
I
Ikibazo kwifaranga ry'urwanda kirakomeye kandi abaturarwanda ba rubanda rugufi bagiye gupfa bashire bazize inzara. Twibuke ko inzara igendana nindwara nyishi cyane harimo nibyorezo. Ninde wo gutabara urwanda nabanyarwanda? Ikitonderwa; FPR inkotanyi inguzanyo zamadollar yaka amahanga ya buri munsi azishyurwa na nde? Kandi FPR inkotanyi ibitsa ibintu byayo byose mu mahanga. Nikibazo gikomeye cyane kitazabona ugikemura. Guta agaciro kwifaranga ry'urwanda nikindi kibazo kuko nikimwe mugutesha agaciro igihugu. Numva ngo hari abantu bize bakorana na kagome ntabo ntanumwe ndabarahiye cg wasanga barize muri techniques nkuko urwanda rushingiye mu gutekinika kubintu byose. Mbona imiryango yaba FPR inkotanyi yibera muri amerika na Europe, bene kanyarwanda bo se ni abande? Bagire gute? Bajye hehe se?<br /> akumiro!
Répondre
I
Ririmo guta agaciro kubera ko ntacyo mukora (produce), murimo kugura gusa (consume). Ibi ariko turabisanganywe kuko si ukuvuga ko mbere hari icyo twakoraga, ahubwo mbere economy yari isigasiwe na amadevises menshi yazaga nk’imfashanyo, hamwe na frw yavaga muri Congo (utabyitiranya no gupinga kuko reports nyishi zirabigaragaza ko hari igihe u Rwanda, Burundi na Uganda) byaje mu bihugu byagurishije Gold na Coltan nyinsi ku isi).<br /> <br /> Kubera ko dufite imishinga myinshi twatangiye (ingomero z’amashanyarazi, amashyuza, amazi, fibre optique, imihanda, convetion center, one laptop per child,…), ndetse tukaba dufite na Leta nini (huge and expensive government) byatumye guhera mu 2012, kuko aribwo ba rutuku bahagaritse imfashanyo (kubera ibibazo bya politiki twari dutangiye), igihugu cyaratangiye kuguza hirya no hino, imyenda iriyongera…Ubu n’utudevise tubonetse mu gihugu turajya kwishyura iyo myenda.<br /> <br /> Hagakubitiraho rero n’uko economy y’imbere mu gihugu, yacunzwe nabi cyane, aho Leta, binyuze muri banks, yemeye ko frw menshi cyane atagira ingano ajya muri construction sector gusa (aha ndavuga Nyarutarama, Gacuriro, Kimironko, Kibagabaga, Gisozi, Rebero, Ruyenzi, Kagarama, Kicukiro…) kandi hakubakwa amazu ahenze cyane tajayanye n’agaciro (financial worth) ka ba nyirayo….ayo frw ntabwo yajyanywe muri productive sector ngo abyare ayandi, nk’uko nawe ubyibinera niba uba hano mu gihugu ubona ko ubukungu bw’igihugu kuri “non-tradable products”. ni ukuvga ngo ibintu dukora nta gaciro nyako biba bifite ku isoko ryo hanze.<br /> <br /> Ibi byose rero bitumye frw ari mu gihugu ubu atari backed n’amadevise, arimo guta agaciro, bigasaba ko BNR igurisha Treasury bonds nyinshi kugirango ivane mu bantu frw ahari igerageza kurwana na inflation (uretse ko nabyo bizateza ikindi kibazo mu banks) kandi nanone umusaruro w’ubuhinzi urimo kuba muke cyane bitewe napolitiki y’ubuhinzi mbi itabashije guhangana n’ibibazo biriho cyane cyane n’icy’imihindagurikire y’ibihe.<br /> <br /> Ibi mvuze ni bimwe mu birimo gutuma iri frw ririmo guta agaciro byihuse, uretse ko hari n’izindi facators zijyanye n’uko economy y’isi yifashe ubu, nko kugwa kw’igiciro cy’ibikomoka kuri petrol, China itangiye guhindura economic model yayo ngo ijye mu cyiciro cya 3,…Ikindi umuntu atakwirengagiza, ni uko U Rwanda ruri mu bihugu by’Afrika aho amadevises asohoka mu gihugu ari menshi (capital flight) bitewe n’abanyarwanda bajya kuyabitsa mu mahanga, kimwe na companies zisubizayo urwunguko rwazo kuko Leta yanze gushyiraho itegeko ribigenzura.<br /> <br /> Nk’uko Min. Gatete Claver, yabivuze vuba aha, ko Leta y’ u Rwanda yitabaje IMF ngo iyigoboke, abakora analysis bavuga ko iyi situation izakomeza gutya kugera nibura mu myaka 10 iri imbere, cyane cyane iyo urebye ikorosi rya politiki u Rwanda rurimo (bisaba ko turikata neza nta pneus n’imwe itobotse) n’uburyo inkingi za economy zubatse nabi cyane.
Répondre
B
turashize kweli? tuzabaho dute?
I
Ririmo guta agaciro kubera ko ntacyo mukora (produce), murimo kugura gusa (consume). Ibi ariko turabisanganywe kuko si ukuvuga ko mbere hari icyo twakoraga, ahubwo mbere economy yari isigasiwe na amadevises menshi yazaga nk’imfashanyo, hamwe na frw yavaga muri Congo (utabyitiranya no gupinga kuko reports nyishi zirabigaragaza ko hari igihe u Rwanda, Burundi na Uganda) byaje mu bihugu byagurishije Gold na Coltan nyinsi ku isi).<br /> <br /> Kubera ko dufite imishinga myinshi twatangiye (ingomero z’amashanyarazi, amashyuza, amazi, fibre optique, imihanda, convetion center, one laptop per child,…), ndetse tukaba dufite na Leta nini (huge and expensive government) byatumye guhera mu 2012, kuko aribwo ba rutuku bahagaritse imfashanyo (kubera ibibazo bya politiki twari dutangiye), igihugu cyaratangiye kuguza hirya no hino, imyenda iriyongera…Ubu n’utudevise tubonetse mu gihugu turajya kwishyura iyo myenda.<br /> <br /> Hagakubitiraho rero n’uko economy y’imbere mu gihugu, yacunzwe nabi cyane, aho Leta, binyuze muri banks, yemeye ko frw menshi cyane atagira ingano ajya muri construction sector gusa (aha ndavuga Nyarutarama, Gacuriro, Kimironko, Kibagabaga, Gisozi, Rebero, Ruyenzi, Kagarama, Kicukiro…) kandi hakubakwa amazu ahenze cyane tajayanye n’agaciro (financial worth) ka ba nyirayo….ayo frw ntabwo yajyanywe muri productive sector ngo abyare ayandi, nk’uko nawe ubyibinera niba uba hano mu gihugu ubona ko ubukungu bw’igihugu kuri “non-tradable products”. ni ukuvga ngo ibintu dukora nta gaciro nyako biba bifite ku isoko ryo hanze.<br /> <br /> Ibi byose rero bitumye frw ari mu gihugu ubu atari backed n’amadevise, arimo guta agaciro, bigasaba ko BNR igurisha Treasury bonds nyinshi kugirango ivane mu bantu frw ahari igerageza kurwana na inflation (uretse ko nabyo bizateza ikindi kibazo mu banks) kandi nanone umusaruro w’ubuhinzi urimo kuba muke cyane bitewe napolitiki y’ubuhinzi mbi itabashije guhangana n’ibibazo biriho cyane cyane n’icy’imihindagurikire y’ibihe.<br /> <br /> Ibi mvuze ni bimwe mu birimo gutuma iri frw ririmo guta agaciro byihuse, uretse ko hari n’izindi facators zijyanye n’uko economy y’isi yifashe ubu, nko kugwa kw’igiciro cy’ibikomoka kuri petrol, China itangiye guhindura economic model yayo ngo ijye mu cyiciro cya 3,…Ikindi umuntu atakwirengagiza, ni uko U Rwanda ruri mu bihugu by’Afrika aho amadevises asohoka mu gihugu ari menshi (capital flight) bitewe n’abanyarwanda bajya kuyabitsa mu mahanga, kimwe na companies zisubizayo urwunguko rwazo kuko Leta yanze gushyiraho itegeko ribigenzura.<br /> <br /> Nk’uko Min. Gatete Claver, yabivuze vuba aha, ko Leta y’ u Rwanda yitabaje IMF ngo iyigoboke, abakora analysis bavuga ko iyi situation izakomeza gutya kugera nibura mu myaka 10 iri imbere, cyane cyane iyo urebye ikorosi rya politiki u Rwanda rurimo (bisaba ko turikata neza nta pneus n’imwe itobotse) n’uburyo inkingi za economy zubatse nabi cyane.
Répondre
K
buliya inyenzi zigiye gusubira UGANDA?
I
Ririmo guta agaciro kubera ko ntacyo mukora (produce), murimo kugura gusa (consume). Ibi ariko turabisanganywe kuko si ukuvuga ko mbere hari icyo twakoraga, ahubwo mbere economy yari isigasiwe na amadevises menshi yazaga nk’imfashanyo, hamwe na frw yavaga muri Congo (utabyitiranya no gupinga kuko reports nyishi zirabigaragaza ko hari igihe u Rwanda, Burundi na Uganda) byaje mu bihugu byagurishije Gold na Coltan nyinsi ku isi).<br /> <br /> Kubera ko dufite imishinga myinshi twatangiye (ingomero z’amashanyarazi, amashyuza, amazi, fibre optique, imihanda, convetion center, one laptop per child,…), ndetse tukaba dufite na Leta nini (huge and expensive government) byatumye guhera mu 2012, kuko aribwo ba rutuku bahagaritse imfashanyo (kubera ibibazo bya politiki twari dutangiye), igihugu cyaratangiye kuguza hirya no hino, imyenda iriyongera…Ubu n’utudevise tubonetse mu gihugu turajya kwishyura iyo myenda.<br /> <br /> Hagakubitiraho rero n’uko economy y’imbere mu gihugu, yacunzwe nabi cyane, aho Leta, binyuze muri banks, yemeye ko frw menshi cyane atagira ingano ajya muri construction sector gusa (aha ndavuga Nyarutarama, Gacuriro, Kimironko, Kibagabaga, Gisozi, Rebero, Ruyenzi, Kagarama, Kicukiro…) kandi hakubakwa amazu ahenze cyane tajayanye n’agaciro (financial worth) ka ba nyirayo….ayo frw ntabwo yajyanywe muri productive sector ngo abyare ayandi, nk’uko nawe ubyibinera niba uba hano mu gihugu ubona ko ubukungu bw’igihugu kuri “non-tradable products”. ni ukuvga ngo ibintu dukora nta gaciro nyako biba bifite ku isoko ryo hanze.<br /> <br /> Ibi byose rero bitumye frw ari mu gihugu ubu atari backed n’amadevise, arimo guta agaciro, bigasaba ko BNR igurisha Treasury bonds nyinshi kugirango ivane mu bantu frw ahari igerageza kurwana na inflation (uretse ko nabyo bizateza ikindi kibazo mu banks) kandi nanone umusaruro w’ubuhinzi urimo kuba muke cyane bitewe napolitiki y’ubuhinzi mbi itabashije guhangana n’ibibazo biriho cyane cyane n’icy’imihindagurikire y’ibihe.<br /> <br /> Ibi mvuze ni bimwe mu birimo gutuma iri frw ririmo guta agaciro byihuse, uretse ko hari n’izindi facators zijyanye n’uko economy y’isi yifashe ubu, nko kugwa kw’igiciro cy’ibikomoka kuri petrol, China itangiye guhindura economic model yayo ngo ijye mu cyiciro cya 3,…Ikindi umuntu atakwirengagiza, ni uko U Rwanda ruri mu bihugu by’Afrika aho amadevises asohoka mu gihugu ari menshi (capital flight) bitewe n’abanyarwanda bajya kuyabitsa mu mahanga, kimwe na companies zisubizayo urwunguko rwazo kuko Leta yanze gushyiraho itegeko ribigenzura.<br /> <br /> Nk’uko Min. Gatete Claver, yabivuze vuba aha, ko Leta y’ u Rwanda yitabaje IMF ngo iyigoboke, abakora analysis bavuga ko iyi situation izakomeza gutya kugera nibura mu myaka 10 iri imbere, cyane cyane iyo urebye ikorosi rya politiki u Rwanda rurimo (bisaba ko turikata neza nta pneus n’imwe itobotse) n’uburyo inkingi za economy zubatse nabi cyane.
Répondre
I
muzicwe n'inzara mwo gapfa mwe
C
Cholera i Karongi: umwe amaze gupfa, icyenda bari mu kato<br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> Amakuru | Yashyizwe ku rubuga na Chief Editor   Kuwa 13/06/2016 Saa 13:40 <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> Comments<br /> <br /> Iby’iyi ndwara ya Chorela iri kuvugwa i Karongi cyane mu murenge wa Bwishyura byavuzwe n’umuyobozi w’Akarere ka Karongi mu nteko rusange ya FPR-Inkotanyi mu Burengerazuba kuri iki cyumweru, aho yavuze ko iyi ndwara ituruka ku mwanda ubu yagaragaye mu murenge wa Bwishyura.<br /> <br /> Cholera ni indwara iterwa na bacteria yitwa Vibrio Cholerae<br /> Cholera ni indwara iterwa na bacteria yitwa Vibrio Cholerae<br /> <br /> Umuseke wagerageje gushaka amakuru ku nzego z’ubuzima mu karere ariko zivuga ko ayo makuru yatangwa gusa n’inzego bwite za Leta. Kugeza ubu ubuyobozi bw’Akarere bwari butarabasha gutangariza Umuseke byinshi kuri iki cyorezo kiri kuvugwa mu murenge wa Bwishyura.<br /> <br /> Amakuru Umuseke wamenye ariko aremeza ko umuntu umwe amaze kwicwa n’iyi ndwara, ku bitaro bya Kibuye hakaba hari abarwayi icyenda bari kuvurirwa mu kato iyi ndwara.<br /> <br /> Chorela ni indwara ikomoka ku mwanda no gukoresha amazi mabi. Bamwe mu baturage baturiye ikiyaga cya Kivu mu murenge wa Bwishyura bakoresha amazi yacyo bikaba bikekwa ko ariyo nkomoko y’iyi ndwara.<br /> <br /> Iyi nkuru Umuseke uracyayikurikirana….<br /> <br /> <br /> Iyi ndwara ibimenyetso byayo birimo isesemi, kuruka, kubabara umutwe, kubabara munda no guhitwa bikabije.<br /> <br /> Ni indwara ifata urura ruto itewe na bacterie bita Vibrio cholerae iba mu mazi yandujwe n’imyanda y’umuntu irimo ziriya Vibrio cholera, amazi mabi, ishobora kuva kandi ku biribwa byo mu mazi byatetswe nabi ntibishye. Iyi ndwara irwarwa n’abantu gusa, izindi nyamaswa ntabwo izifata.<br /> <br /> Kuyirinda cyane cyane ni ugukoresha amazi meza, mu kuyivura hifashishwa cyane guha serum abarwayi baba batakaje amazi menshi mu kuruka no guhitwa.<br /> <br /> Ku isi mu bantu hagati ya miliyoni 3–5 bayandura hagati ya 58,000–130,000 irabica (imibare ya OMS mu 2010).<br /> <br /> Abana nibo cyane cyane bibasirwa n’iyi ndwara.<br /> <br /> UMUSEKE.RW<br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> 
Répondre
I
ngaho nibatwereke rya terambere birwa barata kugeza naho bitwa na CHOLERA? CHOLERA muli SINGAPOUR?
W
ikibazo mu RWANDA ni abakene cyane. Nta bushobozi bwo kugura bafite(purchasing power) kuko nta mafr basagura (disposable incone).Inyeznzi ibi ntizibyitaho nuko zikubaka ibizu,zigatumiza hanze ibintu ,zikabitsa hanze AHO GUSHYIRAHO INGANA NO KUZAMURA UBUHINZI N'UBWOROZI.Izi nyenzi zigiye kutwicisha inzara
Répondre
K
ikibazo tugishakire muri GDP and GNP y’igihugu naho ibindi byose twavuga ngo idolari ryazamutse n’ibindi byose bituma dusaba izo nguzanyo biraturuka aho. Ese koko uko tuvuga ubukungu bwacu buhagaze nibyo? Mu bitumizwa hanze hari ibikoresho byo kubaka kandi nk’uko bigaragara turi kuzamura inyubako ndende nyinshi zitwara amafaranga menshi igihugu ibi bikerekana kugwa cyane kw’ifaranga ry’igihugu bitewe no gukenera amadevize yo kubitumiza. Ariko gusa ikibazo ni kimwe, ni byiza ko amazu menshi ari kuzamuka ariko se dufite plan y’imyaka ingahe twihaye kugira ngo ayo mazu yubakwa abe yamaze kugaruza akayabo kayagendaho? None se ayo mazu yubakwa yose akorerwamo? Ese ubushobozi na sustainability y’abayakoreramo ingana gute ?Ese purchasing power yacu mu Rwanda ihagaze ku gero kingana iki kuri buri muturage? Ese ni iki cyakorwa kugira ngo imisoro yose itagera mu kigega cya Leta ibashe kukijyamo bityo ubukungu bwacu bushingire ku misoro n’amahoro wenda inkunga n’amadeni bigabanuke? Ese urwego rw’inganda ndetse n’abikorera iwacu rufite ubushobozi bungana iki mu kuzamura GDP na GNP y’u Rwanda? Gusa si ndi economist gusa ni uko njye mbibona
Répondre
D
The World Bank has come up with a creative tool called “Enabling the Business of Agriculture (EBA), which identifies and monitors regulations that affect agriculture and agribusiness markets. With its EBA, the Bank seeks to inform and encourage policy decisions that foster an environment that is conducive to businesses in agriculture. The World Bank explains why EBA is vital:<br /> <br /> “The world will need to feed 9 billion people by 2050. This rapid rise in population will require farmers to increase agricultural production by at least 50 percent. Smart and balanced regulations and policies, along with responsible investments, will be crucial if the needed food supply is to be sustainably produced and distributed. In addition, one-third of the world’s workforce is engaged in agriculture, and 750 million poor, equivalent to about two-thirds of the global poor, work in agriculture. Clearly, if poverty is to be eradicated, more efficient agricultural value chains which can generate more on and off-farm jobs will need to be in place.”<br /> <br /> Towards contributing to the transformation of agriculture, the World Bank developed indicators to assess aspects related to (a) production inputs; (b) market enablers that facilitate farmers; as well as (c) facilitation of firms and producers in selling their goods and services. The 2016 EBA Report covers the following six topics:<br /> 1.Seed<br /> 2.Fertilizer<br /> 3.Machinery<br /> 4.Finance<br /> 5.Transport<br /> 6.Markets<br /> <br /> Of particular interest are two critical categories — namely, seed and machinery. EBA seed indicators identify the obstacles affecting the “timely introduction and production of high quality seed from formal sources.” Availability of initial seed classes, evaluation and registration of new varieties , and seed quality control requirements are at the heart of this critical indicator. In the case of machinery indicators, EBA measures obstacles facing importers of tractors, as well as regulations for standards and safety.<br /> <br /> So, how do the East African Community (EAC) member countries perform in the seed and machinery categories? In the seed category, the EAC countries score out of 100 as follows:<br /> 1.Kenya — 90.6<br /> 2.Tanzania — 71.9<br /> 3.Burundi — 53.8<br /> 4.Uganda — 44.2<br /> 5.Rwanda — 27.7<br /> <br /> In the machinery category, EAC countries score out of 100 as follows:<br /> 1.Kenya — 57.2<br /> 2.Tanzania — 51.4<br /> 3.Uganda — 51.0<br /> 4.Rwanda — 41.1<br /> 5.Burundi — 35.6<br /> <br /> As is evident here, Rwanda is the worst performer in the seeds category and the second worst performer in the machinery category.<br /> <br /> The Kagame regime is beyond repair. While it boasts of building a knowledge-based economy, or transforming Rwanda into a modern cashless society, the regime cannot even provide seeds for farmers — most of whom are subsistence farmers still tilling land with hoes.
Répondre
I
ibyo kwicisha abahutu inzara bose bakarwara amavunja na bwaki bili muli politiki y'inyenzi yitwa"PUNGUZA". Ni nayo mpamvu nyine ifaranga ryatangiye guta agaciro kandi ntibizagabanuka. Kuki se ragabanuka? hari ciyo se bitwaye izi nyenzi?
Répondre
M
ubu hano twarumiwe cyane!!! ntituzi uko tuzabaho. USANGA izi nyenzi zingana na 0.5% zifite ubukungu bungana na 85% naho abasigaye 99.95% turwanira kuli 15% z'ubukungu:ubu se tuzabaho gute ko bose bayajyana hanze?
Répondre
I
Ngo IMF yabahaye amadollars muri iyi minsi ngo hataba CRISIS ikabije: nyamara ntacyo azamara kuko amazi yarenze inkombe. Bose ubu Birwa bavunja bajyana kubitsa hanze.Izi nyenzi ibyazo byaratuyobey peeeee!!!!
Répondre
F
Ibyo mu RWANDA ubu biteye ikibazo gikomeye kuko ibibazo birakomeye cyane kandi abategetsi b'inyenzi bo bakomeza gutekinika babeshya ko nta kibazo cy'ubukungu gihari. Nyamara birakomeye cyane. Reka nkwereke:<br /> 1)Nta gihugu gishobora gutera imbere gitungwa na za AID,INGUZANYO,na IMPORTATIONS ZIKABIJE.<br /> 2) U Rwanda rufite abayobozi batazi gutandukanya CROISSANCE ET DEVELOPEMENT economiques(GROWTH and Development). Ubuswa bwabo ni ukwibwira ko igihugu cyateye imbere kubera kubaka amazu mesnhi atazagira abayaturamo. Uzarebe mu giturage abantu barwaye bwaki ,nta kazi,nta mituel,ntibivuza,nta bitaro,nta mihanda,ntibiga.......warangiza ngo RWANDA yateye imbere. Gutera imbere sukuzamura imiturirwa.<br /> 3/Abategetsi bo mu RWANDA bose babitsa hanze mu madollars.Yewe n'izindi nyenzi nazo ziravunja maze zikabitsa mu madollars,sinzi icyo zikanga. Harya zaba zikanga FDLR cg? ko zivuga ko zifite amahoro,kuki zisahura zijyana hanze? ntizibona ko ibi byose bisubiza ubukungu inyuma?<br /> 4/Ifaranga ry'u RWANDA barihaye agaciro ridafite: ni ngombwa ko haba DEVALUATION rigasubirana agaciro karyo.<br /> 5/M23: kuva yatsindwa muri CONGO byatumye inyenzi zibura amafr kuko umupaka wa BUNAGANA WINJIZAGA HAFI million 2 z'amadollars ku munsi. Ayo ni nayo bubakishaga KIGALI mu bona maze bakarata ubukungu budahari<br /> 6/AID: zaragabanutse bituma ifaranga rigwa hasi<br /> 7/DEMOCRACY: kubera igitugu cya KAGAME benshi ntibashaka kuza mu RWANDA kuhashora imali<br /> 8/IMPORTATIONS: kubera ko mu RWANDA ntakintu bakora(produce) byose babivana mu mahanga kugeza no ku kibiriti byose biva hanze. Urumva se ifaranga ryabuzwa niki guta agaciro?<br /> 9/Kwisumbukuruza cyane: ngo izo nyenzi zumva zaba nka SINGAPOUR kandi ntabikorwa bafite.<br /> IKIBAZO: mu minsi mikeya kuvunja bizaba bisaba fr2300 ie US $=FRW2300. Icyo gihe muzahita MUBONA ZA BWAKI mu gihugu hose KANDI ariya mazu yose ari za KIGALI azahita aturamo IBIHUNYIRA.
Répondre
K
Umugabo (Kinani) yaravuze ati wamenye uko ureshya! umukobwa wese agatimba? Mu Rwanda namye mvuga ko bakunda façades zo kwereka ba mukerarugendo. Bafashe amadeni bubatse ibizu bidafite akamaro, nta business plan, ahandi ntabwo wubaka amazu utarabona abakiliya. Urabanza nibura ukabona abakiliya bakomeye abandi bakaziraho. Uragiye wubatse ibizu bibuze ababikoreramo ninde wunguka? ahubwo ifaranga ry'u Rwanda bizamera nko muri Zimbabwe dusigare dukoresha US dollar na Euro. It is a matter of time.
M
FDLR we urakoze cyane.Najyaga ndwanya ba FDLR none nsanze harimo intiti kweli!!!! ibyuvuze ni ukuli: ubu hano I KIGALI abantu batangiye kuzinga basubira mun cyaro kubera ya mazu yabuze abayajyamo.Ibihunyira byatangiye kwinjira muri ya mazu ya Kigali