Nitishyurwa miliyoni 40, Resitora y'abanyeshuri muri UNR irafunga imiryango kuri uyu wa Gatandatu
NDL:Hashize iminsi itari mike mu Rwanda havugwa ibibazo by'insobe biri mu burezi ariko noneho aho bigeze hari icyo abantu bakwiye kwemera: mu Rwanda hari ikibazo cy'ubukungu cyangwa harimo agahimano kakandi ko kwikubira. Nimwisomere iyi nyandiko: Nibirenga...