Byifashe bite muri CPC Théobald Rwaka wa CNR Intwari
Muri iyi minsi mu mpuzamashyaka CPC harimo gutambuka amatangazo mu binyamakuru asobanura ikibazo cy'uko hari abantu babiri batanze itangazo bavuga ko impuzamashyaka CPC ntamuyobozi ifite. Ibyo bihuha bikaba bikomeje guhemberwa n'imbuga zimwe na zimwe za internet zishaka ko Impuzamashyaka CPC isenyuka. Radiyo Impala yegereye umuyobozi w'ishyaka CNR Intwari , rimwe mu mashyaka agize CPC Bwana Gakwaya Théobald Rwaka , atanga ibisobanuro birambuye ku bibazo abantu bari kwibaza kuri iryo tangazo riteye urujijo.
Muri iki kiganiro murabonamo ibisubizo by’ibibazo abantu benshi bibaza.
Kanda aha wumve iki kiganiro