UBurundi : Ni nde ushobora kuba umuhuza mu kibazo cy’Uburundi niba Benjamin William MKAPA nawe ashinjwa kubogama ?

Publié le par veritas

Perezida Nkurunziza n’Umuhuza William Mkapa

Perezida Nkurunziza n’Umuhuza William Mkapa

Imiryango idaharanira inyungu za politike ariyo PISC Burundi hamwe na CAPES+ y’ababana n’ubwandu bwa Sida, yasohoye itangazo, aho ivuga ko inenga imyitwarire ya Benjamin William Mkapa, umuhuza mu biganiro bihuza Abarundi. iyo miryango ivuga ko itashimishijwe no kubona umuhuza yaragiye mu Bubirigi kubonana n’abantu iyo miryango ishinja ko bashatse guhirika ubutegetsi ku itariki ya 13 Gicurasi 2015.
 
Muri iryo tangazo, iyo miryango ibiri PISC Burundi na CAPES + yasabye Leta y’Uburundi kwanga uwo muhuza, iyo miryango isaba Leta kutazasubira kwitaba ubutumire bwo kujya i Arusha Leta izaba yahawe n’umuhuza Benjamin William Mkapa. Hamza BURIKUKIYE, umukuru wa CAPES + avuga ko Leta yari ikwiye ahubwo kwita ku kwitegurira ihimbazwa ry’imyaka 54 Uburundi buzaba bumaze bubonye ubwigenge umunsi mukuru uzizihizwa ku itariki ya 1 Nyakanga 2016, aho guta igihe ku muhuza.
 
Leta yasabwe gushyigikira ibikorwa by’itsinda ry’ibiganiro bibera mu Burundi, naho ngo iby’umuhuza William Mkapa bikwiye gusubirwamo nkuko bikomeza bisabwa n’imwe mu miryango idaharanira inyungu mu gihugu cy’u Burundi. Hamza BURIKUKIYE yasabye Abarundi guhagurukira rimwe bakamagana umuhuza Benjamin William MKAPA washinjwe n’ayo mashyirahamwe abiri ko yamaze kuba igikoresho.
 
Kuva Perezida Nkurunziza yatangaza ko agiye kwiyamamariza kuyobora u Burundi kuri manda ye ya gatatu we yita iya kabiri, mu Burundi hadutse intambara yatumye abarundi barenga 400 bapfa abandi benshi barahunga. Ibi byatumye umuryango w’ibihugu bya Afrika y’iburasirazuba ushyiraho umuhuza Yoweri Museveni wagombaga guhuza abarundi, nyamara uyu yanenzwe n’amahanga ko ntacyo yigeze amarira iki gihugu kuko ngo yari ahugiye mu matora y’igihugu cye. Uyu kandi Amerika yamunenze ivuga ko umuntu wagundiriye ubutegetsi adakwiye kuba umuhuza mu kibazo nk’icyo.
 
Nyuma haje gushyirwaho umuhuza Benjamin Mkapa wari Perezida waTanzaniya. Uyu mu biganiro biherutse byarangiye ashimwe n’imiryango mpuzamahanga nyamara imwe mu miryango idaharanira inyungu ivuga ko umuhuza Mkapa yamaze kuba igikoresho.
 
Source : imirasire
Pour être informé des derniers articles, inscrivez vous :
Commenter cet article
I
Erega, ibintu nuko mutabibona kimwe nanjye. Nkurunziza arifuza kuba UMWAMI uganje, agategeka uburundi muburyo bwe yishakira nkuko pasiteri ayobora itorero.Nguko kwishongora kubamuhatse USA na EU kandi aribo bamugejeje aho ari.<br /> Mwibukeko akenshinshi muli bibilia uwasizwe amavuta adapfa kunyomozwa. Muzi ko hari umwe wa S.A arisha abantu inzoka cg Tapis ngo Imana yayihinduye chocolat.<br /> Njye mbona ahubwo uku kwiyegereza abarusiya ashaka kwigana Edouadodo santos, ntazi ko burya Amerika iri munzu ye. nibamushaka bazamutuma umuhungu we Kelly urya uba mubushinwa wimyaka 18-19 aze amwiyicire ubundi agaheba itorero yashinze. Utumva vuba bamwereka ikigereranyo, burya Laurent Desire Kabila yakamubereye icyitegererezo.<br /> Amahirwe ye nuko Burundi nyine nta mali ilimo, niyo bavuga nka Petrol igomba gushakishwa.<br /> MBONA IBI BYO KUNANIRANA NO KWIGUMIKA KUMUHUZA BIHA AMAHIRWE ABAMURWANYA KANDI NTACYO BAMURUSHA KININI, Ikindi kandi ibi byo kwizera cyane abarusiya, mumenye ko biha cyane amahirwe P.Kagame. Ngubwo ubwenge bwuzuye umujinya udashishoza bwa bamwe mubahutu bo mu Rwanda na Zaïre bagira. Icyitonderwa, No mubuganda huzuyemo ABAHUTU ( Bufumbira) ariko bo biyumvamo cyane igihugu apana Ubwoko.
Répondre
U
@CNRD<br /> Muterere akajisho kuri PLATEFORME 5 ; babakopeze murebe uko bamenyesha ishyaka n'amahame yalyo . Nimurangiza mujye kwiyuzuza na bagenzi banyu. mutibagiwe gutwika amabyi ya shitani babahaye ; nyuma mugaruke tubite Jyamubandi na Ibyayikibozicyonsa. <br /> Mukomere.
Répondre
N
Uri umuntu umwe wisubiramo<br /> Uri ikimara.<br /> Nyoko yagutaye mu musarani yirukankana ingobyi.
Répondre
S
Arega NKURUNZIZA ashobora kuzavaho vuba kuko ECONOMY mu Burundi ni ikibazo: mu minsi mikeya hazaba icyo bita REVOLUTION SOCIALE.......Maze UMUHIMA yongere ategeke
Répondre
M
ariko ubundi igihutu NKURUNZIZA babwiye KAGAME akakica!! ibihutu byose byize umuntu akabyica,U RWANDA,BURUNDI bigategekwa n'abatutsi. Kwirwa mu mishyikirani ARUSHA bimaze iki kandi umuntu yishe NKURUNZIZA byose byaba byiza.
Répondre
K
nanjye nti ok!!! ubundi BELGIQUE izanye ziliya ntwaro ,ibi bihutu byo mu BURUNDI tukabyica ,byose byaba ari sawa sawa. Mu Rwanda ho nta gihutu kiduteye ubwoba.....bigenda byububa bijejeta amaraso