RDC: Turifuza kujya mu gihugu cyacu cy’u Rwanda mu cyubahiro kandi tukakigiramo ijambo !
Aha ni i Birhala muri MWENGA muri Kivu y'Amajyepfo ahabereye umuhango wo kwakira intwaro za FDLR Mu gihe abicanyi b’i Kigali biteguye kumva ko ONU yarangije kwica abana b’abanyarwanda bari mu mashyamba ya Congo ; ingabo za FDLR zo zikomeje igikorwa cyo...