Ubunyamabanga bukuru wa EAC bwegukanywe n’u Burundi : Mfumukeko asimbuye Richard Sezibera !

Publié le par veritas

Umurindi Dr. Libérat Mfumukeko watorewe kuyobora EAC.

Umurindi Dr. Libérat Mfumukeko watorewe kuyobora EAC.

Mu nama ya 17 ihuza ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) irimo kubera Arusha muri Tanzania, Umurundi Dr. Libérat Mfumukeko yagizwe umunyamabanga mukuru w’umuryango wa EAC, asimbuye Umunyarwanda Amb.Richard Sezibera.
 
Inama ya 16 ya ya EAC yabereye muri Kenya mu mwaka ushize yari yagize Dr. Libérat Mfumukeko, umuyobozi wungirije wa Richard Sezibera, none ubu niwe umusimbuye kuri uwo mwanya.
 
Mfukeko uretse kuba yarabaye umujyanama wihariye wa Perezida Nkurunziza, mbere yo kungiriza Sezibera yari ayoboye Ikigo cy’u Burundi gishinzwe amazi n’amashanyarazi.
 
Muri iyi nama kandi, igihugu cya Sudani y’Epfo cyakiriwe mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba, ndetse isabwa kwihuta mu gushyiraho gahunda n’amategeko azayifasha kugera kubyo ibindi bihugu biri mu muryango bimaze kugeraho mu rwego rwo kwishyira hamwe.
 
Inkuru y’umuseke
Pour être informé des derniers articles, inscrivez vous :
Commenter cet article
T
J. MUSONERA : ARAMAGANA PRES PAUL KAGAME MU GUCURUZA GENOCIDE YAGIZEMO URUHARE <br /> <br /> Nyuma yaho abadepite batoreye itegeko rishyira inzibutso za jenoside mu mitungo rusange y’ibigo bya leta n’ibyabigenga byanteye kwandika iki gitekerezo.<br /> <br /> Jenoside ikirangira habaye igikorwa cyo gushakisha imibiri y’abayizize, muri icyo gihe umuryango washyinguraga mw’isambu ryabo kugirango bazabone uko bazita kuri ayo marimbi ndetse biborohereze kuzajya bibuka igihe cyose babishakiye batiriwe babisabira agahushya.<br /> <br /> Ariko nyuma leta yaje gufata icyemezo cyo gutaburura imibiri yose ikajyanwa mu inzibutso nubwo abacikacumu batabishakaga. Leta yasobanuraga ko bizayifasha gucunga no kuzitaho ariko mu by’ukuri kwari ukugirango babone uko bacuruza inzibutso no muri gahunda yo gucecekesha abatavuga rumwe nayo. Imibiri imwe yarashyinguwe ariko indi ikomeza kwanikwa mu tubati, igikorwa kinyuranyije n’umuco nyarwanda. Ikindi cyari kigamijwe kwari ugukumira abacikacumu kuba bahora bibuka ababo.<br /> <br /> <br /> Video: https://www.youtube.com/watch?v=V8gWd1K6HlI&feature=youtu.be<br /> <br /> .
Répondre
M
@ Rabi<br /> <br /> Biragaragara yuko wowe nigihe munyurwa manuma. nonese wumvise Magufuri avuguruza ibyo Gikwete yavuze, cyangwa wabonye ahamagaza abasirikare yohereje muri DRC? Ubwose wumvaga agomba guhita atangira yamagana amakosa ya Kagame akigera kubutegetsi? Menya yuko u Rwanda ruriha amafranga menshi kucyambu cya Tanzania.
Répondre
F
ni byiza cyane.ni igitego twese dutsinze ubwo inyenzi Richads yagiye nk;imbwa
Répondre
M
Yeweweeeeeeeeeeeeeeeeeeee!!! Mbega byiza! ubwo iliya nyenzi ngo ni sezibera ivuye muri EAC wenda akarere kagiye gutangira kwisuganya. Mu byukuli iliya nyenzi nta kindi yigeze ikora muli EAC usibye kuhazunguliza umulizo wayo no kuhabiba amacakubili yuzuzamo inzindi nyenzi ziturutse mu Rwanda.<br /> <br /> Nitumuke rero isubire mu Rwanda ijye gupfukamira shebuja wayo Rubebe Rutindi Ruzingo Ngengera Rugalikingogo Nkongoro Rukarabankaba Gafuni Kanywamaraso Nyagasega Gisahiranda Ndayimanga Kandoyi Vampaya Nkandagirabitabo Madwedwe Kanyundo Gipfayongo Shitani Ruzagayura Gipfapfa Myinyo Nkirabuheli Mushushwe Nkunguzi Rushofeli Rupfu Ngoto Pilato aliwe umwicanyi Ruharwa Pawulo Kagome!!<br /> <br /> Munyarukato
Répondre
U
http://m.radiyoyacuvoa.com/a/3216027.html<br /> <br /> BYABAGAMBA YASURIYE KAGOME!!! DORE AHO NDI.<br /> NAHO MUSONERA WE NGO UBUCURUZI BWA JONOSIDI BURARIMBANYIJE(Itahuka).<br /> <br /> BYABAGAMBA ATI: http://m.radiyoyacuvoa.com/a/3216027.html
Répondre
K
http://m.radiyoyacuvoa.com/a/3216027.html
Répondre
M
Buri wese izapfa urupfu rwe icyo utazi ntabwo Kinani yambitse KagomevPaul amapeti
Répondre
M
@Rabbi<br /> Ndumva ntacyo uvuze.<br /> Kinani ko yambitse amapeti ba Kagome byamubujije kumwica.
Répondre
M
Urwanda nta muperezida rusigera rubona nka Gen Habyalimana nkuko nta Chef d'Etat Major ruzagira nka Gen Castar.
Répondre
P
Dr Sezibera ngo arashaka gusimbura Luise !!! luise nabimenya aramunyuza muryoya
Répondre
I
Guhindura itegekonshinga: Dr. Nasson Munyandamutsa yaba yishwe azira kudashyigikira Kagame mu kugandagura itegekonshinga ?<br /> <br /> "Prof Nasson yabwiye abanyamakuru ko kubakira ku muntu umwe byaba atari ukureba kure ahubwo ko ikizima ari ukubaka inzego zifatika zizatuma igihugu gikomeza kubaho no mu bihe biri imbere".<br /> <br /> "Assez de matière pour sortir un article yibaza niba urupfu rwe ntaho ruhuriye n'ibitekerezo bye. Journal Igihe ivuga ko yaguye mu bitaro naho UMUSEKE ukavuga ko yaguye iwe mu rugo. Dr. Naasson Munyandamutsa ni umunyakibuye, inshuti ya Rwigara n'Asiel Kabera bose bishwe na FPR. Il a été un des rares mu Rwanda wavuze mubihe by'itora rihindura constitution ko mu Rwanda hakenewe amaraso mashya".J.R.<br /> <br /> Dr Munyandamutsa aramagana ikinamico ryo guhindura itegekonshinga
Répondre
R
MWANGA KAGAME ALIKO MUMENYE KO IYI SI TURIMWO NIYINYUNGU GUSA, MAGUFURI KUBA AZWIHO KUGAYA NO GUSHIMA, TUVUGE KO UBWO AVUGA NEZA KAGAME AMUZIHO UBUTWARI.<br /> <br /> <br /> Perezida Magufuli yise u Rwanda na Perezida Kagame inshuti nyayo (Amafoto)<br /> <br /> <br /> Yanditswe kuya 2-03-2016 saa 17:33' na IGIHE <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> Loading... <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> Perezida Dr John Pombe Magufuli wa Tanzania yashimiye u Rwanda na Perezida Kagame ku mubano mwiza ukomeje kurangwa hagati y’ibihugu byombi, avuga ko bigaragaza ‘inshuti nyayo’.<br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> Uku gushima u Rwanda Perezida Kagame, Magufuli yakugaragarije mu nama ya 17 y’Abakuru b’Ibihugu bigize EAC iri kubera muri Tanzania.<br /> <br /> Kuva Perezida Dr. John Pombe Magufuli wa Tanzania yajya ku butegetsi, byagiye bigaragara ko igihugu ayobora gishishikajwe no kuzahura umubano wacyo n’u Rwanda nyuma y’agatotsi hagati y’ibihugu byombi katejwe n’uwo yasimbuye, Jakaya Kikwete.<br /> <br /> Uyu mubano uri kuzahurwa nyuma y’agatotsi hagati y’ibihugu byombi kavutse guhera tariki ya 26 Gicurasi 2013, ubwo Kikwete wayoboraga Tanzania wavugiye mu nama ya Afurika Yunze Ubumwe ko u Rwanda rushobora kwiyunga n’umutwe wa FDLR uba mu mashyamba ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo; ibintu bitakiriwe neza n’ubuyobozi bw’u Rwanda kubera ko abenshi mu bagize uyu mutwe basize bakoze Jenoside. Ibi byagaragazaga ko Kikwete ashaka gushyigikira umutwe wa FDLR.<br /> <br /> Inzobere muri politiki zatangiye kunuganuga izahuka ry’umubano hagati w’ibihugu byombi tariki ya 5 Ugushyingo 2015, ubwo Perezida Kagame yitabiraga irahira rya Perezida John Pombe Magufuli muri Tanzania.<br /> <br /> Nyuma yo kurahira kwa Perezida Magufuli yatambutse imbere y’akarasisi ka gisirikare banamuha icyubahiro. Mu gusubira mu byicaro yabanje gusuhuza Abakuru b’Ibihugu n’abaza guverinoma ageze kuri Perezida Kagame abaturage bahagurukiye icya rimwe nk’abitsamuye bamuha amashyi y’urufaya.<br /> <br /> Mu gusobanura iby’aya mashyi yahawe Perezida Kagame, Gaudence Mpangala wigisha muri Kaminuza ya Ruaha (Ruco) muri Tanzania, yavuze ko kuba Abanya-Tanzania bishimiye Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda bikwiye kandi bigaragaza koko akazi gakomeye uyu muyobozi yakoreye Abanyarwanda.<br /> <br /> Mu mpera z’umwaka ushize, Perezidansi ya Tanzania yashyize ahagaragara itangazo ryavugaga ko Perezida Kagame yashimishijwe n’ibyo Magufuli amaze gukora mu guhashya inyerezwa ry’imisoro n’imikorere mibi yarangwaga ku cyambu cya Dar es Salaam, kinyuraho ibisaga 70% by’imizigo iva cyangwa ijya mu Rwanda.<br /> <br /> Yongeraho ko Tanzania n’u Rwanda ari ibihugu bituranyi kandi by’inshuti, bityo nta mpamvu yo kudafatanya kubaka ubukungu bwabyo.<br /> <br /> Ba Minisitiri b’Ububanyi n’Amahanga b’ibihugu byombi barasuranye kuva Magufuli yatorwa aho tariki ya 23 Ukuboza 2015, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Louise Mushikiwabo, yagiriye uruzinduko muri Tanzania akakirwa na Perezida John Pombe Magufuli.<br /> <br /> Ku wa 17 Gashyantare 2016 Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Tanzania, Augustine Philip Mahiga yakoreye uruzinduko mu Rwanda ku wa anaganira na Perezida Kagame.<br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> Perezida Magufuli yise u Rwanda na Perezida Kagame inshuti nyayo (Amafoto)<br /> <br /> <br /> Yanditswe kuya 2-03-2016 saa 17:33' na IGIHE <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> Loading... <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> Perezida Dr John Pombe Magufuli wa Tanzania yashimiye u Rwanda na Perezida Kagame ku mubano mwiza ukomeje kurangwa hagati y’ibihugu byombi, avuga ko bigaragaza ‘inshuti nyayo’.<br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> Uku gushima u Rwanda Perezida Kagame, Magufuli yakugaragarije mu nama ya 17 y’Abakuru b’Ibihugu bigize EAC iri kubera muri Tanzania.<br /> <br /> Kuva Perezida Dr. John Pombe Magufuli wa Tanzania yajya ku butegetsi, byagiye bigaragara ko igihugu ayobora gishishikajwe no kuzahura umubano wacyo n’u Rwanda nyuma y’agatotsi hagati y’ibihugu byombi katejwe n’uwo yasimbuye, Jakaya Kikwete.<br /> <br /> Uyu mubano uri kuzahurwa nyuma y’agatotsi hagati y’ibihugu byombi kavutse guhera tariki ya 26 Gicurasi 2013, ubwo Kikwete wayoboraga Tanzania wavugiye mu nama ya Afurika Yunze Ubumwe ko u Rwanda rushobora kwiyunga n’umutwe wa FDLR uba mu mashyamba ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo; ibintu bitakiriwe neza n’ubuyobozi bw’u Rwanda kubera ko abenshi mu bagize uyu mutwe basize bakoze Jenoside. Ibi byagaragazaga ko Kikwete ashaka gushyigikira umutwe wa FDLR.<br /> <br /> Inzobere muri politiki zatangiye kunuganuga izahuka ry’umubano hagati w’ibihugu byombi tariki ya 5 Ugushyingo 2015, ubwo Perezida Kagame yitabiraga irahira rya Perezida John Pombe Magufuli muri Tanzania.<br /> <br /> Nyuma yo kurahira kwa Perezida Magufuli yatambutse imbere y’akarasisi ka gisirikare banamuha icyubahiro. Mu gusubira mu byicaro yabanje gusuhuza Abakuru b’Ibihugu n’abaza guverinoma ageze kuri Perezida Kagame abaturage bahagurukiye icya rimwe nk’abitsamuye bamuha amashyi y’urufaya.<br /> <br /> Mu gusobanura iby’aya mashyi yahawe Perezida Kagame, Gaudence Mpangala wigisha muri Kaminuza ya Ruaha (Ruco) muri Tanzania, yavuze ko kuba Abanya-Tanzania bishimiye Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda bikwiye kandi bigaragaza koko akazi gakomeye uyu muyobozi yakoreye Abanyarwanda.<br /> <br /> Mu mpera z’umwaka ushize, Perezidansi ya Tanzania yashyize ahagaragara itangazo ryavugaga ko Perezida Kagame yashimishijwe n’ibyo Magufuli amaze gukora mu guhashya inyerezwa ry’imisoro n’imikorere mibi yarangwaga ku cyambu cya Dar es Salaam, kinyuraho ibisaga 70% by’imizigo iva cyangwa ijya mu Rwanda.<br /> <br /> Yongeraho ko Tanzania n’u Rwanda ari ibihugu bituranyi kandi by’inshuti, bityo nta mpamvu yo kudafatanya kubaka ubukungu bwabyo.<br /> <br /> Ba Minisitiri b’Ububanyi n’Amahanga b’ibihugu byombi barasuranye kuva Magufuli yatorwa aho tariki ya 23 Ukuboza 2015, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Louise Mushikiwabo, yagiriye uruzinduko muri Tanzania akakirwa na Perezida John Pombe Magufuli.<br /> <br /> Ku wa 17 Gashyantare 2016 Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Tanzania, Augustine Philip Mahiga yakoreye uruzinduko mu Rwanda ku wa anaganira na Perezida Kagame.
Répondre
R
Iyi nkuru ko mbona ituzuye ra? reka nyibavomere ku IGIHE ubundi mubone comments zihagije.<br /> <br /> <br /> <br /> <br /> Umurundi Liberat Mfumukeko yasimbuye Umunyarwanda Dr Richard Sezibera ku bunyamabanga bw’Umuryango wa Afurika y’’i Burasirazuba naho Sudani y’Epfo yemezwa nk’Umunyamuryango mushya iba igihugu cya gatandatu nyuma ya Kenya, Uganda, Tanzania, u Rwanda n’u Burundi.<br /> <br /> <br /> <br /> <br /> <br /> Byemerejwe mu nama ya 17 y’abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’i Burasirazuba yebereye i Arusha muri Tanzania kuri uyu wa Gatatu tariki ya 2 Werurwe 2016.<br /> <br /> Sudani y’Epfo ituwe n’abantu barenga miliyoni 11. Kuba icyo gihugu cyinjiye muri EAC, byatumye uwo muryango ugirwa n’abaturage bagera kuri miliyoni 160.<br /> <br /> Nk’uko byari ku murongo w’ibyigwa kandi, ibibazo by’umutekano muke mu Burundi byavuzweho, ndetse hanashyirwaho umuhuza mushya ari we Benjamin Mkapa, Umunya-Tanzania wigeze no kuyobora Tanzania.<br /> <br /> Dr Sezibera yasimbuwe ku bunyamabanga bwa EAC<br /> <br /> Dr Richard Sezibera, Umunyarwanda wari Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’ibihugu bya Afurika y’i Burasirazuba (EAC) yasimbuwe kuri uwo mwanya.<br /> <br /> Yasimbuwe n’Umurundi Liberat Mfumukeko wari usanzwe ushinzwe imari n’ubuyobozi muri EAC ndetse akaba yari yungirije Sezibera ku bunyamabanga bw’Umuryango.<br /> <br /> Umwanya Mfumukeko yatorewe wahatanirwaga n’Abarundi bane n’Abanya-Kenya bane. Mu Barundi bawuhataniraga harimo na Willy Aime Nyamitwe, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga.<br /> <br /> <br /> <br /> Liberat Mfumukeko wabaye Umunyamabanga wa EAC<br /> <br /> Mu mirimo Mfumukeko yakoze, yabaye umuyobozi mukuru w’ikigo cy’u Burundi gishinzwe amazi n’amashanyarazi (REGIDESO) mbere yakoraga mu muryango nyafurika ushinzwe ingufu (African Power Pool-EAPP).<br /> <br /> Nubwo u Burundi bwahawe kuyobora Ubunyamabanga bwa EAC, Tanzania nicyo gihugu cyakomeje kuyobora uwo Muryango.<br /> <br /> Hafi y’ibihugu byose bigize EAC, ibyo byohereza hanze ni bike ugereranyije n’ibyo bikura hanze.Kubw’ibyo abakuru b’ibihugu bigize EAC basabye ko hashyirwamo ingufu.<br /> <br /> Perezida John Pombe Magufuli wa Tanzania abigarukaho yagize ati: “Twe dukora ibyo tudakoresha, tugakoresha ibyo tudakora, rwose ibi bigomba guhagarara”.<br /> <br /> Ku ikubitiro abakuru b’ibihugu bigize EAC barashaka ko imodoka ziva hanze zarakoze zihagarara, ahubwo zikajya zizanwa zigateranyirizwa imbere muri EAC, ndetse no guhagarika ibikoresho bikozwe mu mpu na caguwa biva hanze, hagatezwa imbere ibyakorewe imbere mu muryango.<br /> <br /> Abakuru b’ibihugu bigize EAC kandi batangije ku mugaragaro uburyo bwo gusaba pasiporo y’ibihugu bigize uwo muryango hifashishijwe ikoranabuhanga(e-Passport).<br /> <br /> Iyi nama yari yitabiriwe n’abakuru b’ibihugu barimo Paul Kagame w’u Rwanda, Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, Uhuru Kenyatta wa Kenya na John Pombe Magufuli wa Tanzania. Perezida w’u Burundi Pierre Nkurunziza ntiyagaragaye mu nama.
Répondre
M
Uriya mugome bgo ni Sezibera ubwo aje gufatanya na Shebuja gukomeza knywa amaraso. Twizere ko Dr Liberat ari strong enough atazavugirwamo n' abambari ba Kagome; kdi azitonde na we batazamuroga.
Répondre
B
Dr Richard Sezibera agiye gufatanya na Dr Kaberuka donat inzira yumusaraba !! kuko kaberuka yahisemo kwigira hirya gato kubera ko ali umwe mubo abanyarwanda bahaga amahirwe yo gusimbura Nyakubahwa , Dr Sezibera rero amagambo yavugiye za Tanzania no gushaka kuba president , ntibimuha amahirwe namacye yo kugira icyaba dore ko NABARUNDI BAMUHONDAGUYE INSHYI NIMIGELI urwanda rukinumira !!!!
Répondre
R
Politiki yo gukona abahutu imuhesha amahirwe menshi yo gusubira muri MINISANTE Niwe wayitangije kandi iragenda neza. Wa mudamu wanga ikinyarwanda ngo ni Biningwe aralye ari menge! EAC yo igize Imana iramukize yuko amacaakubiri yabibyemo yari hafi kuyihirika. Gusa atahanye inshyi n'imigeri, ntaviriyemo aho!