Umunyamerika Jennifer G Cooke aratanga impuruza y’uko u Rwanda ruzabamo impinduka za politike zitari nziza mbere y’umwaka w’2020 !
/idata%2F4073476%2FAfricom.png)
Umutwe w’ingabo za Leta zunze ubumwe z'Amerika ukorera muri Afurika (Africom) wahaye amabwiriza kandi unafasha Jennifer Cooke gukora ubushakashatsi mu bihugu 10 birimo n’u Rwanda bishobora kubamo impinduka itoroshye ya politike mbere y’umwaka w’2020....