Urwanda rukomeje guhakana runisobanura kubirego rushinjwa na ONU byo gufasha M23 ! Ese aho bararwumva ?
Muri iki cyumweru guverinoma y’u Rwanda yongeye kunyomoza bimwe mu bimenyetso byatanzwe n’itsinda ry’impuguke za LONI muri raporo irushinja gufasha umutwe wa M23, ndetse ruvuga ko impuguke za LONI zagendeye ku bimenyetso bidafatika.[Ndlr: Hagati aho ariko...