Abasenateri b’Amerika barasaba Umunyamabanga wa Leta ya Amerika gushyira mu bikorwa ibihano byafatiwe bamwe mubayobozi b'uRwanda
Amakuru agera k’Umuvugizi aturuka ahantu hizewe, yemeza ko abasenateri batandatu bomuri Sena ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika baherutse kwandikira umunyamabanga waLeta Zunze Ubumwe za Amerika, John Kerry, bamusaba gushyira mu bikorwa imyanzuro ya Sena...