Rwanda: Urukiko rwarekuye byagateganyo Kantengwa

Publié le par veritas

Mu Rwanda, urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rumaze kurekura by’agateganyo Kantengwa Angelique wahoze ayobora ikigo cy’ubwiteganyirize bw’abakozi n’ubwishingizi n’indwara.
 
Kantegwa uregwa icyaha cyo gutanga ibya Leta ku buntu no kunyereza umutungo wa Leta, ku munsi w’ejo yaje mu rukiko atwawe na zimwe mu mfungwa zimurwaje agaragara nk’urembye cyane. Iyi akaba ari nayo mpamvu we n’umwunganira bakomeje gusaba urukiko ko rwaba rumurekuye by’agateganyo akivuza, aho yavugaga ko yari asanzwe avurirwa hanze y’ u Rwanda.
 
Urukiko rwa Nyarugenge rwategetse ko Kantengwa Angelique aba arekuwe by’agategateganyo kubera ikibazo cy’uburwayi bukomeye we n’umwunganira Me SHEMA GAKUBA bamaze iminsi bagaragariza urukiko. Irekurwa ry’agateganyo mu buryo bwihuse, ryasabwe n’umwunganira kuva mu mpera z’iki cyumweru.
Kantengwa Angelique

Kantengwa Angelique

Ku munsi w’ejo, Kantengwa yari yazanywe arinzwe kandi atwawe mu maboko n’izindi mfungwa zimurwarije mu bitaro bikuru bya Kigali. Yazanywe imbere y’umucamanza avuye mu bitaro, nyuma y’aho ubushinjacyaha buvugiye ko nubwo arwaye butemera ko yunganirwa atahibereye
.
Nta magambo menshi yavugiye imbere yarwo.
 
Yavuze rimwe gusa, ubundi asaba urukiko kwicara umwunganira agakomeza. Uru rubanza rwoherejwe mu rwisumbuye ruvuye mu rukiko rukuru, nyuma y’aho umucamanza mu rukiko rukuru afatiye icyemezo cy’uko urwisumbuye rwa Nyarugenge arirwo rugomba kongera kuruburanisha ruhereye mu mizi kubera icyaha gishya cyo kunyereza umutungo wa Leta gishobora guhanishwa kugeza ku myaka10, kiyongereye ku cyo gutanga ibya Leta ku buntu.
Ibya Leta aregwa ko yatanze nta kiguzi birimo amadorali ibihumbi 30.000 cyangwa miliyoni 24.000.000 mu mafaranga y’u Rwanda ngo yahaye rwiyemezamirimo ku gishushanyo mbonera cy’ikigo yari abereye umuyobozi RSSB.
 
Cyakora iki kibazo cy’uburwayi KANTENGWA yakivuze kenshi mu rukiko. Ariko narwo rwabanje kuvuga ko atagaragaza impapuro za muganga zerekana uburwayo afite. Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rukaba rwavuze ko noneho runyuzwe n’izo mpapuro zerekana ko arwaye.
Gusa umwunganira yazizanye bwa mbere mu mpera z’icyumweru gishize, asaba urukiko gusuzuma byihuse iby’ifungurwa ry’agateganyo. Kantengwa yafashwe mu mpera z’umwaka ushize. Cyakora nubwo yafunguwe by’agateganyo, umucamanza w’urukiko yongeyeho ko atemerewe kurenga umujyi wa Kigali adafite uburenganzira bw’umushinjacyaha.
 
BBC
Pour être informé des derniers articles, inscrivez vous :
Commenter cet article
U
MU RWANDA umuhutu nta gaciro bamuha!!umuhutu mu RWANDA ni igisimba bashobora kwica igihe bashakiye cyose. Ni nayo mpamvu KANTENGWA AFUNGUWE,NYAMARA VICTOIRE INGABIRE akaba agiye gupfira muli prison.
Répondre
V
none se ko KANTENGWA bamufunguye njyewe bakaba batabikoze? niba se KANTENGWA agiye gushaka imboro njyewe nta gituba mfite? ubu se njyewe nta mugabo mfite? harya we andusha iki? byose si ibituba dufite se? AHARI NUKO NDI UMUHUTU.Yewe nzabandora
Répondre
W
Mujye mugira ikinyapupfura di twihe icubahiro yego ayinyenzi murayazi nariya zikora erega nazo zizamarana nazo zifite andi moko hagati yazo ..naho umuhutu ni igicibwa murwanda. .nta jambo bagira ibi gusa inyenzi ziri gukorera abanyarwanda bizarangira kandi igihe kirageze ngo Imana yiheshe icyubahiro idukurire rusoferi mu gihugu cyacu.
Répondre
G
Uyu mugore ni mwiza akeneye umugabo ngo maze amuswere ntandwara arwaye! Buliya yashakaga imboro yo kumucumita mu gituba cye nta kindi!!! BAMUREKE UMUGABO WE AMUSWERE,UBUNDIAZAKIRA!!
Répondre
B
kuki se bamufunguye? aruta se abahtu 7000 bagifunze bazira ubusa? AHARI NUKO ARI UMUTUTSI? Harya ibi nibyo bita UBUTABERA MU RWANDA?
Répondre